Ni imyitozo yabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo yitabirwa n’abafana benshi ba Rayon Sports, bari bafite amatsiko yo kubona uyu mukinnyi wahoze muri APR Fc mu mwambaro wa Rayon Sports.
Amafoto
Ibitekerezo ( 21 )
Ohereza igitekerezo
|
Ni imyitozo yabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo yitabirwa n’abafana benshi ba Rayon Sports, bari bafite amatsiko yo kubona uyu mukinnyi wahoze muri APR Fc mu mwambaro wa Rayon Sports.
Amafoto
|
Abimukira 21 baguye mu mpanuka y’ubwato
Nyagatare: Yishimiye kongera gutunga inka nyuma y’imyaka 30
Yimwe amahirwe yo kwiga ayisumbuye mu 1981 ayiga mu 1999 (Ubuhamya)
Abadepite bo muri Sudani y’Epfo bashimye aho u Rwanda rugeze rwiyubaka
Bakunzi ba ruhago mukurikirana uru rubuga yego mu mikino yanyu nubwo muri ba mukeba ndavuga Rayon Sport na A.P.R bafana ntabwo mwakagombye guta indangagaciro nyarwanda y’ubupfura;ubworoherane n’ubwubahane kugeza aho bamwe batandukira kariya kageni n’amagambo asa nk’asevanya atungura uyumvise ndetse atubaka Ruhago yacu nyarwanda.
Murakoze kumva neza umuganda ntanze kuri izi comment ntanze.
Mubeho.Imana ibandindire muri uyu mwaka tukirimo mu intangiriro
Uko biri kose APR niyo yatwara ibikombe byose bikinirwa ku isi ntiyarusha RAYON SPORT abakunzi. Mutware ibyo bikombe ariko ntimuzarusha Rayon sport abafans.
Uko biri kose APR niyo yatwara ibikombe byose bikinirwa ku isi ntiyarusha RAYON SPORT abakunzi. Mutware ibyo bikombe ariko ntimuzarusha Rayon sport abafans.
Umwana utazabaho nubwo wamuhata Inshyushyu,Nido,Celelac ntacyo bimara, uwo rwatubyaye nubwo wazana abafana bameze ate ntaho azagera.... Yves we ndabona ashobora kuba akirutse Macinya
Nange ndabyemeye ikipe nimwe.
Rwatubyaye nashakaga manager!!
Rayon Sport utagukunda azangwe n isi.
Rayon irakunzwe nuko itsindwa na APR ikindi kibabaje APR izabatwara igikombe cya championat.
Rayonsport Fc, tera imbere.