Habimana Sosthène amaze kugirwa umutoza mushya w’Amagaju

Ikipe y’Amagaju imaze kugira Habimana Sosthène umutoza mukuru, nyuma y’iminsi isezereye abatoza yari isanganywe.

Habimana Sosthène uzwi nka Rumumba ubu yahawe amasezerano mu ikipe y'Amagaju
Habimana Sosthène uzwi nka Rumumba ubu yahawe amasezerano mu ikipe y’Amagaju

Aba batoza yari isanganywe ni Nduwimana Pablo wari umutoza mukuru, Hakizimana Jean Baptiste wari wungirije, na Djabil watozaga abanyezamu.

Habimana Sosthene uzwi nka Lumumba agizwe umutoza mukuru w’Amagaju, nyuma y’aho yari yasezeye mu ikipe ya Musanze mu minsi ishize.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka