Bidasubirwaho: CAF yemeje ko Rayon Sports iteye mpaga Onze Createurs

Ishyirahamwe ry’umupira w’amagurru muri Afurika CAF rimaze kwemeza ko ikipe ya Rayon Sports isezereye Onze Createurs bidasubirwaho

Ikipe ya Rayon Sports ubu niyo iyoboye urutonde rwa Shampiona
Ikipe ya Rayon Sports ubu niyo iyoboye urutonde rwa Shampiona

Mu ibaruwa bandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda n’irya Mali, CAF imaze kwemeza ko ikipe ya Onze Createurs isezerewe mu marushanwa ya CAF Confederation Cup, hakaba hakomeje Rayon Sports yo mu Rwanda.

Ibaruwa yandikiwe FERWAFA na FEMAFOOT

Abakinnyi ba Onze Createurs bahisemo kuba bitemberera Kigali ....

Baribaza niba bajya mu myitozo ....
Baribaza niba bajya mu myitozo ....
Bariyumvira umuziki, banareba abatuye Kigali ...
Bariyumvira umuziki, banareba abatuye Kigali ...
Babaye bizengurkira Kigali, ngo barebe ubwiza bajya babwirwa ...
Babaye bizengurkira Kigali, ngo barebe ubwiza bajya babwirwa ...
Kapiteni wa Onze Createurs nawe ntabwo yumva uburyo igitego yatsinze Bakame kibaye impfabusa ...
Kapiteni wa Onze Createurs nawe ntabwo yumva uburyo igitego yatsinze Bakame kibaye impfabusa ...
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 20 )

Gikundiro yacu Imana ikuri imbere
Oyeeee

peter yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

ABAREYO BISHIME BUHORO KUKO NTIBAZONGERA GUTORAGURA INGOMA MUGITEME.

GET LOVE yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

IMANA Ishimwe

Nishimwe G Evode yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Nibihangane ntakundi babe bareba ibyiza bitatse urwagasabo

Rukundo yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Nibihangane ntakundi babe bareba ibyiza bitatse urwagasabo

Rukundo yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Gikundiro oye Imana iratuzi

Malachie yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Byiza cyanee

JD yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Twishimiye ko ikipe yacu ikomeje nubwo tubuze umukuno wejo namafaranga yejo ariko tuzarya ayo mumatsinda.

Mugabo Gilbert yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka