Mu ibaruwa bandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda n’irya Mali, CAF imaze kwemeza ko ikipe ya Onze Createurs isezerewe mu marushanwa ya CAF Confederation Cup, hakaba hakomeje Rayon Sports yo mu Rwanda.
Ibaruwa yandikiwe FERWAFA na FEMAFOOT
Abakinnyi ba Onze Createurs bahisemo kuba bitemberera Kigali ....
Ibitekerezo ( 20 )
Ohereza igitekerezo
|
Gikundiro yacu Imana ikuri imbere
Oyeeee
ABAREYO BISHIME BUHORO KUKO NTIBAZONGERA GUTORAGURA INGOMA MUGITEME.
IMANA Ishimwe
Nibihangane ntakundi babe bareba ibyiza bitatse urwagasabo
Nibihangane ntakundi babe bareba ibyiza bitatse urwagasabo
Gikundiro oye Imana iratuzi
Byiza cyanee
Twishimiye ko ikipe yacu ikomeje nubwo tubuze umukuno wejo namafaranga yejo ariko tuzarya ayo mumatsinda.