Bidasubirwaho: CAF yemeje ko Rayon Sports iteye mpaga Onze Createurs

Ishyirahamwe ry’umupira w’amagurru muri Afurika CAF rimaze kwemeza ko ikipe ya Rayon Sports isezereye Onze Createurs bidasubirwaho

Ikipe ya Rayon Sports ubu niyo iyoboye urutonde rwa Shampiona
Ikipe ya Rayon Sports ubu niyo iyoboye urutonde rwa Shampiona

Mu ibaruwa bandikiye ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda n’irya Mali, CAF imaze kwemeza ko ikipe ya Onze Createurs isezerewe mu marushanwa ya CAF Confederation Cup, hakaba hakomeje Rayon Sports yo mu Rwanda.

Ibaruwa yandikiwe FERWAFA na FEMAFOOT

Abakinnyi ba Onze Createurs bahisemo kuba bitemberera Kigali ....

Baribaza niba bajya mu myitozo ....
Baribaza niba bajya mu myitozo ....
Bariyumvira umuziki, banareba abatuye Kigali ...
Bariyumvira umuziki, banareba abatuye Kigali ...
Babaye bizengurkira Kigali, ngo barebe ubwiza bajya babwirwa ...
Babaye bizengurkira Kigali, ngo barebe ubwiza bajya babwirwa ...
Kapiteni wa Onze Createurs nawe ntabwo yumva uburyo igitego yatsinze Bakame kibaye impfabusa ...
Kapiteni wa Onze Createurs nawe ntabwo yumva uburyo igitego yatsinze Bakame kibaye impfabusa ...
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 20 )

Abareyo babrine gake

pascar yanditse ku itariki ya: 19-03-2017  →  Musubize

Mbega byiza weeee! uyu mwaka nuwacu pe! ibi byiza turimo kugeraho mbituye abafana ba A P R.baryoherwe no kuturindira urugo tuzabashimira nituva mubutumwa bwakazi.

Venuste Niyotwagira yanditse ku itariki ya: 18-03-2017  →  Musubize

oyeeee rayon komereza igikona gikomeze kimenyerugo

eric yanditse ku itariki ya: 18-03-2017  →  Musubize

ni byiza ko rayon ikomeje ariko ntibazashyekerwe ngo bumve ko iminsi yose ihora ari kucyumweru kandi batoye bitanu ariko hari igihe bazatora ijana 100(igiceri)gusa

hakizimana jean marie vianney yanditse ku itariki ya: 18-03-2017  →  Musubize

ikipe,oyeeee,nubundi,twarigutsinda,abanyarwanda,batemera,rayon,kwihagarariye,urwanda ,gutsinda,arishema,ryigihugu,abafana,ba,apr,bafananabi,,uyumwaka,nuwcu,turayishyigikiye,rayon,niyacu,nikomeze,irambe,imana,iyigume,inyuma,yari,gaspard,inyanza,kugasoro

marushimana,gaspard inyanza, yanditse ku itariki ya: 18-03-2017  →  Musubize

Biratunejeje pe !ikipeyacu igiye mumatsinda’

B felicien karongi yanditse ku itariki ya: 18-03-2017  →  Musubize

mbegango abafana bagikona ngobaraseba

Ntirenganya Egide yanditse ku itariki ya: 18-03-2017  →  Musubize

rayon. bikiramariya akameze akujye imbere umwambaro de ntiwandure

pascal yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

Igikombe ni cyagikundiro ,Gikundiro OY

eeee

Eo yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

reka bayitoragure rimwe nubundi amahirwe aza rimwe. Tubabajwe gusa nuko tudakinnye ngo tunikorere iyo myitozo kuko nubundi twari kuyitsinda

rayon yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

oooooo abantu bakunda amahugo...... erega murishima koko mwagiye mukunda ibyo mwa koreye......

robert yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize

mana ndagushimiye ko wumva gisaba kwabantu bawe ukaba uduhaye gukomeza ushimwe ukwiriye amashimwe kandi komeza abavandimwe twariduhanganye ubahe kwihangana ibibayeho amen

jerome yanditse ku itariki ya: 17-03-2017  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka