Amwe mu mafoto yaranze umunsi wa mbere wa CECAFA iri kubera muri Kenya

Kuri iki Cyumweru kuri Stade Bukhungu habereye umukino ufungura amarushanwa ya CECAFA 2017, aho Kenya yatsinze u Rwanda ibitego 2-0

Ibitego 2-0 byo mu gice cya mbere byatsinzwe na Masudi Juma ndetse na Duncan Otieno, ni byo byahaye amanota atatu ya mbere ku ikipe y’igihugu ya Kenya.

Aya ni amwe mu mafoto yaranze uyu mukino

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

nti umufanawa.Ereyo ndayikund MPerereyemukarerekanyabihu umudugu.wa Akimiton

maniriho Eric yanditse ku itariki ya: 17-12-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka