Amavubi: Antoine Hey yahamagaye abakinnyi 41 barimo 11 ba APR Fc

Antoine Hey utoza Amavubi yahamagaye abakinnyi 42 bagiye kwitabira igeragezwa ry’imbaraga (Test Phyisque), harimo abakinnyi benshi bahamagawe bwa mbere.

Muri uru rutonde rw’abakinnyi bahamagawe, harimo abakinnyi 11 b’ikipe ya APR Fc ya kabiri muri Shampiona y’u Rwanda kugeza ubu, 7 ba Rayon Sports ya mbere, 6 ba Police Fc, ndetse hakanabamo n’abakinnyi 2 ba Pepiniere ya nyuma kugeza ubu.

Umutoza Antoine Hey umaze iminsi akurikira imikino ya Shampiona itandukanye
Umutoza Antoine Hey umaze iminsi akurikira imikino ya Shampiona itandukanye

Abakinnyi bahamagawe

APR Fc

1. Rusheshangoga Michel
2. Imanishimwe Emmanuel
3. Rugwiro Herve
4. Usengimana Faustin
5. Nsabimana Aimable
6. Mukunzi Yannick
7. Hakizimana Muhadjili
8. Bizimana Djihad
9. Nkinzingabo Fiston
10. Sibomana Patrick
11. Nshimiyimana Amran

Rayon Sports

1. Manzi Thierry
2. Nshuti Dominique Savio
3. Niyonzima Olivier
4. Munezero Fiston
5. Manishimwe Djabel
6. Muhire Kevin
7. Ndayishimiye Eric

Police Fc

1. Mpozembizi Mohamed
2. Ngendahimana Eric
3. Mico Justin
4. Muvandimwe Jean Marie
5. Usengimana Danny
6. Nzarora Marcel

Mukura

1. Niyonzima Ally
2. Habimana Yussuf

Musanze Fc

1. Niyonkuru Ramadhan
2. Hakizimana Francois

Bugesera Fc

1. Rucogoza Aimable
2. Iradukunda Bertrand
3. Nzabanita David
4. Kwizera Olivier

AS Kigali

1. Ndahinduka Michel
2. Kayumba Sother
3. Bishira Latif
4. Murengezi Rodrigue
5. Mubumbyi Bernabe
6. Iradukunda Eric

Pepiniere Fc

1. Mugisha Gilbert
2. Nsabimana Jean de Dieu

Espoir Fc

1. Mbogo Ally

Aba bakinnyi bahamagawe bazitabira imyitozo yo kongera ingufu izaba mu cyumweru gitaha tariki 3 kugera ku ya 4 Gicurasi 2017, tariki 25 Gicurasi abatarabashije gutsinda igeragezwa rya mbere bazongera andi mahirwe, nyuma tariki 26 Gicurasi 2017 hahite hatangazwa abakinnyi 23 bazatangira umwiherero wo kwitabira imikino mpuzamahanga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 8 )

Rwatubyaye agomba kuboneka

habihirwe yanditse ku itariki ya: 25-04-2017  →  Musubize

Nukuri kuburamo mutsinzi ange ntago rwoc byatunejeje kuko performance ye iravuga ubuse Faustina usimbura hagati ya herve na aimable ahembewe kuba yicara kugatebe bikosorwe pee! Naho ubundi still frash disk

vicent yanditse ku itariki ya: 25-04-2017  →  Musubize

nihakorwe ubuhanga maze turebe abo basore ko hari ibyo batugezaho

Ngolo kante yanditse ku itariki ya: 25-04-2017  →  Musubize

Ubuse ko Umukinnyi MUTSINZI Ange watowe muri bane bitwaye neza muri uku kwezi ni guye yabura muri 42 bahamagawe n"umutoza? Twizere ko habayeho kwibeshya kuri liste.
Alias

Alias yanditse ku itariki ya: 24-04-2017  →  Musubize

nta musaruro mbona ku mavubi

pooil yanditse ku itariki ya: 24-04-2017  →  Musubize

nubundi umusaruro ni wawundi kuko u rwanda umupira waratunaniye kd bizarangira hasigayemo ba bakinyi bo muri apr na rayon gusa ibindi n ukujijisha,gusa amahirwe meza ku gihugu cyanjye

pooil yanditse ku itariki ya: 24-04-2017  →  Musubize

Ariko se mubyukuri Faustin utakibona numwanya wo gukina ukina aruko abandi bagize ikiba umuhamagara ute ugasiga umukinnyi nka MUTSINZI Ange Jimmy, cg nigute usiga umukinnyi nka SERUMOGO Ally wa SUNRISE konubundi atari final listi kuki we atahabwa amahirwe

BIZIMANA Michel yanditse ku itariki ya: 24-04-2017  →  Musubize

Ariko kweliumutoza uhamagara faustin ufite abakinnyi bakina nka mutsinzi ange aho harimo ka flash yacometse kandi abadefanseri aho harimo umwaya wa rwatubyaye bitonde naba fit azabakuzaho.

Alias yanditse ku itariki ya: 24-04-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka