Amavubi:Mashami yagarutse, Jimmy Mulisa yongeramo umukinnyi-Amafoto

Ikipe y’igihugu yakoze imyitozo ya mbere yo kwitegura Ghana, maze Mashami Vincent yongera kugaragara nk’umutoza uzafatanya na Jimmy Mulisa

Kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa Gatatu hatangiye imyitozo y’ikipe y’igihugu Amavubi mu mupira w’amaguru, ikipe yitegura umukino uzayihuza na Ghana muri Ghana taliki ya 03 Nzeli 2016.

Bimwe mu byatunguranye .....

Abantu benshi batunguwe no kubona umutoza Mashami Vincent wari waravuye muri iyi kipe adashimwe na McKinstry ayigarukamo, ndetse haza no kugaragara umukinnyi Habyarimana Innocent utari wahamagawe wagaragaye muri iyi kipe.

Aganira n’itangazamakuru nyuma y’imyitozo, Jommy Mulisa yatangaje ko yishimiye yagiriwe icyizere cyo kuba umutoza mukuru kandi ko yizeye kuzagerageza kwitwara neza imbere ya Ghana.

Yagize ati "Ni icyubahiro gikomeye kuba nahawe inshingano zo gutoza Amavubi nk’umutoza mukuru, ubu abakinnyi namaze kubashyiramo icyizere ko bagomba kwitwara neza imbere ya Ghana, kuko no ku giti cyabo byanatuma banabona amakipe akomeye"

Amafoto y’imyitozo ya mbere

Mulisa, Mashami, Higiro Thomas (umutoza w'abanyezamu) na Muganga Rutamu
Mulisa, Mashami, Higiro Thomas (umutoza w’abanyezamu) na Muganga Rutamu
Mashami Vincent yagarutse muri iyi kipe
Mashami Vincent yagarutse muri iyi kipe
Eric Nshimiyimana wari wahawe akazi ko gutoza iyi kipe, arasatira Jimmy Mulisa ngo .......
Eric Nshimiyimana wari wahawe akazi ko gutoza iyi kipe, arasatira Jimmy Mulisa ngo .......
Usengimana Faustin wa APR Fc na Manzi Thierry wa Rayon SPorts, abasore bakuranye
Usengimana Faustin wa APR Fc na Manzi Thierry wa Rayon SPorts, abasore bakuranye
Ndayishimiye Eric Bakame usanzwe ufatira Rayon Sports
Ndayishimiye Eric Bakame usanzwe ufatira Rayon Sports
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 9 )

MAVUBIBAYASHAKIRE UMUTOZAUKOMEYE

NCIMIYE IMANA VARENSI yanditse ku itariki ya: 19-12-2016  →  Musubize

amavubi nadacunga neza azarya 4 kbs kubera akavuyo kabayitegura

alias yanditse ku itariki ya: 27-08-2016  →  Musubize

amavubi nadacunga neza azarya 4 kbs kubera akavuyo kabayitegura

alias yanditse ku itariki ya: 27-08-2016  →  Musubize

Amavubi azanganya na gana 1-1

Antoine yanditse ku itariki ya: 27-08-2016  →  Musubize

amavubi tuyarinyuma

olivier yanditse ku itariki ya: 26-08-2016  →  Musubize

ss reromuturekere ibikombe

hassan yanditse ku itariki ya: 25-08-2016  →  Musubize

ss reromuturekere ibikombe

hassan yanditse ku itariki ya: 25-08-2016  →  Musubize

Twifurije Amavubi intsinzi.Icyizere nicyo cyambere.

Simpunga Innocent yanditse ku itariki ya: 25-08-2016  →  Musubize

Ariko umupira wo mu Rwanda urimo akavuyo kabisa, ni umwanda gusa gusa.

Reka Afande Majimaji PS aze abivange mwibaze. Ubu se koko mubona ibi bintu hari aho bizatugeza kweli, nanjye nzaba ndeba

Lysa yanditse ku itariki ya: 25-08-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka