Amavubi: Abakina hanze bakoranye imyitozo n’abakina mu Rwanda-Amafoto

Ku munsi wa mbere w’imyitozo kuri Stade Amahoro, Mugiraneza Jean Baptiste na Sugira Ernest batangiye imyitozo hamwe n’abakina imbere mu gihugu

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda nyuma y’iminsi ikorera imyitozo kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, kuri uyu wa mbere yakomereje imyitozo yayo kuri Stade Amahoro, aho ku bakinnyi bakina imbere mu Rwanda hiyongereyeho Mugiraneza Jean Baptiste ukinira Azam yo muri Tanzania, na Sugira Ernest ukinira AS Vita Club yo muri DR Congo.

Abandi bakinnyi bakina hanze nabo barimo Haruna Niyonzima ukinira Yanga yo muri Tanzania, na Tuyisenge Jacques ukinira Gor Mahia yo muri Kenya nabo baraye bageze mu Rwanda bakaza gutangira imyitozo kuri uyu wa Kabiri.

Amafoto y’uko imyitozo yari imeze

Sugira Ernest mu myitozo
Sugira Ernest mu myitozo
Danny Usengimana wigaragaje neza mu myitozo yo kuri uyu wa Mbere
Danny Usengimana wigaragaje neza mu myitozo yo kuri uyu wa Mbere
Sugira ..
Sugira ..
Mugiraaneza Jean Baptiste ukinira Azam
Mugiraaneza Jean Baptiste ukinira Azam
Migy, umwe mu bafite ubunararibonye muri iyi kipe
Migy, umwe mu bafite ubunararibonye muri iyi kipe
Migy na Rugwiro Herve inyuma ye
Migy na Rugwiro Herve inyuma ye
Perezida wa Ferwafa, n'abakozi ba Minispoc bari basue iyi kipe
Perezida wa Ferwafa, n’abakozi ba Minispoc bari basue iyi kipe
Jimmy Mulisa, Umutoza mukuru w'agateganyo
Jimmy Mulisa, Umutoza mukuru w’agateganyo
Perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent na Mashami Vincent umutoza wungirije
Perezida wa Ferwafa Nzamwita Vincent na Mashami Vincent umutoza wungirije
Hakizimana Muhadjili wambaye 14, ubu asigaye akinira APR Fc
Hakizimana Muhadjili wambaye 14, ubu asigaye akinira APR Fc
Manzi Thierry wa Rayon Sports
Manzi Thierry wa Rayon Sports
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka