Ikipe y’igihugu y’u Rwanda nyuma y’iminsi ikorera imyitozo kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, kuri uyu wa mbere yakomereje imyitozo yayo kuri Stade Amahoro, aho ku bakinnyi bakina imbere mu Rwanda hiyongereyeho Mugiraneza Jean Baptiste ukinira Azam yo muri Tanzania, na Sugira Ernest ukinira AS Vita Club yo muri DR Congo.
Abandi bakinnyi bakina hanze nabo barimo Haruna Niyonzima ukinira Yanga yo muri Tanzania, na Tuyisenge Jacques ukinira Gor Mahia yo muri Kenya nabo baraye bageze mu Rwanda bakaza gutangira imyitozo kuri uyu wa Kabiri.
Amafoto y’uko imyitozo yari imeze
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|