Imikino yo kwibuka irakomereza muri Tennis na Handball

Tennis, imikino igeze muri 1/2

Ni imikino yatangiye ku wa Gatanu w’icyumweru gishize, aho batangiye hakina abatarabigize umwuga, ku wa mbere hatangira gukina ababigize umwuga, aho kuri uyu wa Gatanu bari gukina imikino ya 1/2.

Imikino ya Tennis nayo irakomeje
Imikino ya Tennis nayo irakomeje

Imikino ya 1/2 uyu munsi

Abagabo

Hamiss Gatete vs Etienne Niyigena
Dieudonné Habiyambere vs Ernest Habiyambere

Abagore

Nancy Onya vs Gisele Umumararungu
Meganne Ingabire vs Clenia Mutuyimana

Uko imikino ya 1/4 yagenze kuri uyu wa Kane

Abagabo

Hamiss Gatete 2-1 Olivier Havugimana (3-6, 6-0, 7-5)
Etienne Niyigena 2-1 Bertin Karenzi (6-3, 3-6, 6-2)
Ernest Habiyambere 2-0 Fabrice Tuyishime (6-0, 6-3)
Dieudonné Habiyambere 2-0 Mathieu Uwizeyimana (6-3, 7-5)

Abagore

Nancy Onya 2-0 Clenia Niyonshima (6-0, 6-0)
Gisele Umumararungu 2-0 Joselyne Umulisa (6-3, 6-4)
C. Mutuyimana 2-0 Olive Tuyisenge (6-4, 6-0)
Meganne Ingabire 2-0 Fridaus Cyiza (6-1, 6-1)

Handball. amakipe yo hanze yaje kwifatanya n’Abanyarwanda gukina iyi mikino

Gahunda y’imikino mu bagabo

Gahunda y’imikino mu bagore

Nyuma y’iyi mikino y’amajonjora mu matsinda, hateganyijwe imikino yo guhtanira umwanya wa Gatatu n’uwa mbere, imikino izabera ku Kimisagara ku cyumweru nyuma ya Saa Sita.

APR Hc na Police Hc nizo zikunda guhurira ku mukino wa nyuma
APR Hc na Police Hc nizo zikunda guhurira ku mukino wa nyuma

Ibigo bya Leta n’abikorera nabo barakina imikino yo kwibuka

Ishyirahamwe ry’ibigo bya Leta n’abikorera, naryo ryateguye imikino yo kwibuka Abasportifs bazize Jenoside, aho haza kuba hakinwa iyi mikino muri Volleyball, imikino iza kubera kuri Petit Stade Amahoro

14h00: UTB na REG
14h00: MINISPOC na UR

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ndifuzako nkigihe habayimiki no mwajya mudushyiriraho amavideo
Kandi mukatugezaho ibitegobyatsinzwe neza byashimishije na bagora bafataneza
Cyanecyane nka hand boll
Murakoze

mugiraneza jean baptista yanditse ku itariki ya: 16-01-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka