Kuri uyu wa Mbere hakinwaga agace ka kabiri k’isiganwa rizenguruka Senegal rizwi nka Tour du Senegal, aho abasiganwa bavaga ahitwa Zinguinchor berekeza ahitwa Kolda, agace kareshyaga na Kilometero 185.
Munyaneza Didier wari waje ku mwanya wa kane mu gace ka mbere, uyu munsi yaje kwitwara neza ku rutonde rusange ahita asiga umukurikiye iminota itatu n’amasegonda 20, ahita anambara umwambaro w’umuhondo (Maillot Jaune).
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
mukomeze muheshe ishema igihugu cyacu. Rwanda. kandi iyo nsinzi itagucika uzayitahane. RWANDA JU,AHOOO! Intore ntiganya ishaka ibisubizo. iminota itatu rwose uyikomereho. haranira kuyongera.tubari inyuma