Mu mafoto: Uko agace Rubavu-Musanze Areruya Joseph yegukanye kagenze

Kuri uyu wa Gatatu Tour du Rwanda yari igeze ku munsi wayo wa kane ubwo hakinwaga agace ka gatatu kaje kwegukanwa na Areruya Joseph.

Areruya Joseph ukinira ikipe ya Dimension Data ni we wegukanye agace ka Rubavu-Musanze kareshyaga n’intera ya Kilometero 97.1, aho yaje gutanga abandi kurenga umurongo nyuma yo kuhagerera rimwe ari 33.

Mu mafoto, ni gutya iri siganwa ryagenze

Basohoka mu mujyi wa Rubavu
Basohoka mu mujyi wa Rubavu
Areruya Joseph yagenderaga hafi ya bagenzi be bakinana muri Dimension data barimo Mugisha Samuel
Areruya Joseph yagenderaga hafi ya bagenzi be bakinana muri Dimension data barimo Mugisha Samuel
Areruya Joseph yari yishmimye n'ubwo yari yaraye atakaje Maillot jaune
Areruya Joseph yari yishmimye n’ubwo yari yaraye atakaje Maillot jaune
Ku nkengero z'ikiyaga cya Kivu
Ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu
Nyuma yo kuva Rubavu banyuze Nyabihu berekeza Musanze, hose bagendaga bacungana
Nyuma yo kuva Rubavu banyuze Nyabihu berekeza Musanze, hose bagendaga bacungana
Ubushyuhe bwabaye bwinshi biba ngombwa ko afungura umupira
Ubushyuhe bwabaye bwinshi biba ngombwa ko afungura umupira
Ahamanuka ni gutya bahakonkoboka
Ahamanuka ni gutya bahakonkoboka
Imbere y'inyubako nshya y'isoko rya Musanze niho isiganwa ryasorejwe
Imbere y’inyubako nshya y’isoko rya Musanze niho isiganwa ryasorejwe
Bakata amakorosi abafana nabo bafotora
Bakata amakorosi abafana nabo bafotora
Mu mujyi wa Rubavu aho bahagurukiye, abafana bari baje kwihera ijisho
Mu mujyi wa Rubavu aho bahagurukiye, abafana bari baje kwihera ijisho
Agace isiganwa ryanyuzemo uyu munsi karangwa n'imisozi miremire
Agace isiganwa ryanyuzemo uyu munsi karangwa n’imisozi miremire

Andi mafoto menshi wayareba HANO

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

murabogushimwa kumakuru mugezaho murakoze

dukurikiyimana edison yanditse ku itariki ya: 15-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka