Mu mafoto: Uko agace ka Nyamata kugera Rwamagana kagenze

Kuri uyu wa Gatanu abakinnyi bahagurutse i Nyamata berekeza mu mujyi wa Rwamagana, aho bahageze Uwizeyimana Bonaventure ari we uri imbere

Ku munsi wa gatandatu wa Tour du Rwanda 2017, ku i Saa tanu abasiganwa bari bahagurutse i Nyamata berekeza Rwamagana, banyura Kicukiro na Gisimenti, Kimironko, banyura ku gace kubatsemo inganda i Masoro, bakomereza Kabuga na Musha maze basoreza i Rwamagana.

Mu mafoto ni gutya isiganwa ryari rimeze

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

amafoto atagira uko basoje se abaho? ubu se iyi etape ntirarangira please up date!

Alias yanditse ku itariki ya: 5-12-2017  →  Musubize

Abanyarwanda bakomereze aho nokuyitwara tuzayitwara

Harerimana yanditse ku itariki ya: 18-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka