
Bizimana Djihad yasinye imyaka itatu ishobora kuzongerwa
Nyuma y’icyumweru kirenga yari amaze akora igeragezwa, yaje gushimwa n’iyi kipe yahise imuha amasezerano y’imyaka itatu ishobora kongerwa ikagera kuri ine.
Nk’uko urubuga rwa Internet rw’iyi kipe rwabitangaje, ngo uyu mukinnyi yashimwe n’abatoza, by’umwihariko n’abakinnyi ba Waasland-Beveren bakoranaga imyitozo
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Byiza cyane Ku ikipe yacu APR no Ku gihugu muri Rusange .
Rayon Sport iyanjye asaga 243 millions none Na APR 209 millions !
Ndizera ko umupira wacu ugiye gutera imbere bikazagira n’impinduka mu ikipe y’igihugu.
Komeza imihigo Rwanda !
Imana izagufashe muhungu mwiza
Ngo yitwa Djihad !??!!
Wowe uzi uwitwa nde?
Congratulations Djihad.
ubifiteho ikibazo?