Djihad Bizimana yasinye imyaka itatu muri Waasland-Beveren

Djihad Bizimana wakiniraga ikipe ya APR Fc, yahawe amasezera y’ imyaka itatu mu Ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi yitwa Waasland-Beveren, agurwa amafaranga ibihumbi 200 by’AmaEuro asaga miliyoni 209 z’Amanyarwanda

Bizimana Djihad yasinye imyaka itatu ishobora kuzongerwa
Bizimana Djihad yasinye imyaka itatu ishobora kuzongerwa

Nyuma y’icyumweru kirenga yari amaze akora igeragezwa, yaje gushimwa n’iyi kipe yahise imuha amasezerano y’imyaka itatu ishobora kongerwa ikagera kuri ine.

Nk’uko urubuga rwa Internet rw’iyi kipe rwabitangaje, ngo uyu mukinnyi yashimwe n’abatoza, by’umwihariko n’abakinnyi ba Waasland-Beveren bakoranaga imyitozo

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Byiza cyane Ku ikipe yacu APR no Ku gihugu muri Rusange .
Rayon Sport iyanjye asaga 243 millions none Na APR 209 millions !
Ndizera ko umupira wacu ugiye gutera imbere bikazagira n’impinduka mu ikipe y’igihugu.

Komeza imihigo Rwanda !

Augustin Nambajende yanditse ku itariki ya: 27-04-2018  →  Musubize

Imana izagufashe muhungu mwiza

big boss yanditse ku itariki ya: 26-04-2018  →  Musubize

Ngo yitwa Djihad !??!!

Mpayinka yanditse ku itariki ya: 26-04-2018  →  Musubize

Wowe uzi uwitwa nde?
Congratulations Djihad.

DIDI yanditse ku itariki ya: 27-04-2018  →  Musubize

ubifiteho ikibazo?

dsp yanditse ku itariki ya: 27-04-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka