Abanya-Eritrea bihariye imidari mu cyiciro cya Junior

Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo hakinwaga icyiciro cy’abakiri bato mu bahungu n’abakobwa, aho Eritrea ari yo yaje kwiharira imidari, ndetse u Rwanda rwakiriye amarushanwa rukaba nta mudari rwegukanye uyu munsi.

Abanya-Eritrea banikiye Abanyarwanda mu bice byose
Abanya-Eritrea banikiye Abanyarwanda mu bice byose

Ku bakobwa, imyanya itatu ya mbere yihariwe n’abanya Eritrea, inegukana imidari itatu, naho mu bahungu uwa mbere aba umunya-Eritrea wakurikiwe n’abanya-Ethiopia babiri.

Kuri iki cyumweru haraba hasozwa iyi Shampiona y’Afurka, hakazasiganwa abakinnyi bakuru mu bagabo

Isiganwa ry'uyu munsi ryari rishyushye
Isiganwa ry’uyu munsi ryari rishyushye

Abegukanye imidari Abakobwa

1.KIDANE DESIET (ERITREA)

2.KASAHUN TSADKAN (ETHIOPIA)

3.HAILU ZAYID (ETHIOPIA)

Abahungu

1.HAILU BINIYAM (ERITREA)

2.YOSIEF TOMAS (ERITREA)

3.MESFIN HAGER (ERITREA)

Abakobwa batarengeje imyaka 23

1.GEBRU EYERU TESFOAM (ETHIOPIA)

2.GEBREHIWET TIGISTI (ERITREA)

3.AHMA SELAM (ETHIOPIA)

Abakobwa bakuru

1.GEBREMESKEL BISRAT (ERITREA)

2.BEYENE TSEGA (ETHIOPIA)

3.DEBESAY MOSANA (ERITREA)

Amafoto yaranze isiganwa ryo kuri uyu wa Gatandatu

Kureba andi mafoto meza kanda AHA

Amafoto: Plaisir Muzogeye

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka