Abitabiriye imikino ya gisirikare basuye urwibutso rwa Jenoside na Economic Zone

Ibihugu bine byitabiriye imikino ya Gisirikare byasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994 ruri ku Gisozi, ndetse na Economic zone

Kuri uyu wa Mbere ubwo abitabiriye imikino ya gisirikare iri kubera mu Rwanda bari bafite umunsi w’ikiruhuko, bafashe umwanya wo kumenya amateka yaranze u Rwanda, maze basura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruherereye ku Gisozi maze bunamira inzirakarengane zihashyinguye.

Nyuma yo kureba ayo mateka, bafashe umwanya wo kujya kureba aho u Rwanda rugeze mu iterambere, maze berekeza ahaherereye inganda hazwi nka Rwanda Economic zone.

Mu mafoto ni gutya byari bimeze

Amafoto:Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka