Rwanda Revenue irakina 1/4 n’ikipe ya Misiri

Kuri uyu wa kane nibwo imikino ya 1/4 mu gikombe cy’Afurika y’abagore ikomeza, aho Rwanda Revenue ihura na Elshams yo mu Misiri ku i Saa Kumi n’imwe

Kuri uyu wa kane nibwo mu gihugu cya Tunisia haza gukomeza imikino ya 1/4 mu gikombe cy’Afurika cy’abagore, aho ikipe ya Rwanda Revenue iza kuba ihura n’ikipe ya Elshams yazamutse ari iya mbere mu itsinda rya kane, kandi hakaza no kuba imikino yo guhatanira imyanya kuva ku wa 9 kugeza ku wa 16.

Uko imikino ya 1/4 iza gukinwa ku masaha yo mu Rwanda

13:00; Ahly (Misiri) / Sonatrach (Algeria)
15:00; Club Sfaxien (Tunisia) / Pipeline (KEN)
17:00; Elshams (Misiri) / Rwanda Revenue (Rwanda)
19:00; Carthage (Tunisia) / Prison (Kenya)

Ikipe ya Rwanda Revenue Authority ihagarariye u Rwanda
Ikipe ya Rwanda Revenue Authority ihagarariye u Rwanda

Imikino yo guhatanira imyanya kuva ku wa 9 kugeza ku wa 16

12:00 Mechaal Bejaia (ALG) Green / 4th D jos (NGR)
14:00 INJS (CMR) White / Ndejje (UGA)
16:00 Wilaya Bejaia (ALG) Red / Police (GHA)
18:00 (CMR) Red / Bafia (CMR)

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka