Nyuma yo gukatisha itike yo kujya mu cyiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’abari n’abaregarugori, ikipe y’umupira w’amaguru y’abagore (Fatima Women Football Club) ya Kiliziya Gatolika Diyoseze ya Ruhengeri, yihaye intego yo kujya iza mu makipe ane ya mbere.
Kuri uyu wa kabiri ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi batanu baheruka gutandukana n’ikipe ya APR FC
Manishimwe Djabel wakinga muri Rayon Sports, yatunguranye agaragara mu myitozo ya APR FC kuri uyu wa mbere
Nyuma y’imyaka itanu akinira Rayon Sports, Manishimwe Djabel yamaze kumvikana na Gor Mahia kuyikinira mu myaka itatu iri imbere.
Mu modoka 11 zatangiye irushanwa ngarukamwaka ry’amamodoka ribera mu Karere ka Huye, esheshatu ni zo zabashije gusoza umunsi wa mbere w’iri rushanwa.
Ikipe ya APR FC imaze gusezerera abakinnyi 16 barimo kapiteni wayo Mugiraneza Jean Baptiste na Nshuti Dominique Savio bavuga ko badatanga umusaruro
Umutoza wa Rayon Sports Robertinho, biteganyijwe ko azagaruka mu Rwanda aje gutegura CECAFA, akazazana n’abakinnyi babiri bakomoka muri Brazil.
Ikipe ya Etincelles yo mu karere ka Rubavu, ikomeje kwiyubaka aho yamaze gusinyisha abakinnyi babiri bakomoka mu gihugu cya Uganda
Muri gahunda yo gufasha abana bafite impano zo gukina umupira w’amaguru, abakinnyi 13 binjijwe mu ikipe ya Musanze nyuma y’amarushanwa yo gutoranya abana bafite impano.
Tombora ya kimwe cya kabiri mu Gikombe cy’Amahoro yabaye kuri iki cyumweru yongeye guhuza Rayon Sports na AS Kigali mu gihe undi mukino uzahuza Police na Kiyovu.
Mu irushanwa rya Volley Ball ryo kwibuka Alphonse Rutsindura ryabaga ku nshuro ya 17, REG mu bagabo na RRA mu bagore nibo begukanye ibikombe.
Ikipe ya UTB na REG VC iheruka kwegukana igikombe cya shampiyona ni zo zageze ku mukino wa nyuma w’irushanwa Memorial Rutsindura riri kubera mu Karere ka Huye ku nshuro yaryo ya 17.
Kuri uyu wa Gatanu ubwo hatangazwaga amatsinda ya CECAFA Kagame Cup 2019, ikipe ya Rayon Sports na TP Mazembe zisanze mu itsinda rya mbere
Ikipe ya Rayon Sports imaze gusinyisha Ciiza Hussein wakinaga hagati mu ikipe ya Mukura, akaba asinye imyaka ibiri
Mu karere ka Huye na Gisagara hagiye kongera kubera isiganwa ry’amamodoka rizwi Huye Rally, rikaza rinarimo isiganwa ry’utumodoka duto tutamenyerewe mu Rwanda.
Biziman Yannick washakwaga n’amakipe atandukanye muri shampiyona y’u Rwanda yerekeje muri Rayon Sports aho yasinye amasezerano yo kuzayikinira mu myaka ibiri iri imbere.
Amakipe 13 arimo abiri yo mu Rwanda, ndetse na TP Mazembe yo muri DR Congo, yemeje ko azitabira CECAFA izabera mu Rwanda Kuva tariki 07 kugeza tariki 21 Nyakanga 2019.
Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali ndetse na Kiyovu Sports zandikiye Umujyi wa Kigali, zibasaba ko babahuza bakaba ikipe imwe y’Umujyi wa Kigali.
Mu mpera z’iki Cyumweru mu karere ka Huye, harabera irushanwa ryo kwibuka Alphonse Rutsindura wazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Abakinnyi babiri b’ikipe ya Rayon Sports Manzi Thierry na Niyonzima Olivier Sefu, bamaze gushyikirizwa amabaruwa abemerera kujya mu makipe bifuza.
Rutahizamu w’Umunyarwanda Meddie Kagere yongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Simba Sc yo muri Tanzania.
Mu marushanwa ya CECAFA Kagame Cup azabera mu Rwanda uyu mwaka, ikipe ya Zesco United na TP Mazembe ni amwe mu mazina akomeye ategerejwe mu Rwanda
Mu irushanwa mpuzamahanga ryo gusiganwa ku maguru "Kigali International Peace Marathon", abanya-Kenya ni bo bihariye imyanya ya mbere
Mukura Victory Sport yegukanye igikombe cy’Amahoro giheruka isezerewe na Kiyovu muri 1/4.
Ikipe ya Rayon Sports yaraye imurikiwe amacumbi yubakiwe n’umuterankunga wayo Skol. amacumbi ashobora kwakira abakinnyi 40
Perezida Paul Kagame yashimiye ikipe ya Toronto Raptors yakoze amateka yegukana igikombe cya NBA, gihatanirwa n’amakipe yo mu ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Ibihangange mu mukino wo gusiganwa ku maguru, Usain Bolt, Mo Farah na Tirunesh Dibaba Kenene byari byatumiwe muri Kigali International Peace Marathon ntibikije muri iri siganwa rizabera mu mujyi wa Kigali kuri iki cyumweru.
Myugariro Usengimana Faustin umaze iminsi akina mu ikipe ya Buildcon yo muri Zambia, ari mu biganiro n’ikipe ya Nkana Fc ashobora guhita yerekezamo mu minsi mike iri imbere
Mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’Amahoro yabaye kuri uyu wa Kane, APR yatsinzwe na AS Kigali, naho Rayon Sports itsindira Marines i Rubavu
Mu mikino ya 1/8 ibanza mu gikombe cy’Amahoro, ikipe ya Mukura yatsindiwe iwayo, naho Intare zitsindira Bugesera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo