Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Israel Mbonyi yageze mu Bubiligi aho afite igitaramo
Hagiye kuba impinduka ku biciro by’ibiribwa - Minisitiri Ngabitsinze
Menya ibyamamare byahitanywe n’ingaruka zo gukoresha ibiyobyabwenge
Tanzania: Imodoka y’umudepite yafatiwe mu bikorwa byinjiza rwihishwa abimukira b’Abanya-Ethiopia