Video: Dore amayeri bakoresha biba amafaranga kuri ‘Mobile Money’ z’abantu

Uwitwa Niyonzima Valens wo mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Cyabakamyi mu Kagari ka Karama mu Mudugudu wa Karama yahishuye amayeri we na bagenzi be bamaze imyaka myinshi bakoresha mu kwiba amafaranga kuri ‘Mobile money’ z’abaturage. Ibi babikoraga biyita abakozi ba MTN n’ikigo ngenzuramikorere, RURA.

Umva uko abisobanura muri iyi Video:

‘ ’

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ndabakunda cyane kuko mutugezah amkr yizew kandi yubaka murakoze mugire umunsi mwiz.

Seniyongabo girbert yanditse ku itariki ya: 3-01-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka