VIDEO: Uko byari byifashe ubwo Perezida wa Misiri yakirwaga na Perezida Kagame ku kibuga cy’indege

15/08/2017 - 16:58     

Ibitekerezo ( 5 )

Twishimiye kongera kurangazwa imbere n’INTORE izirusha intabwe H.E PAUL KAGAME muri uru rugendo turimo rw’iterambere ry’Urwatubyaye.

Tumuri inyuma kandi turamushigikiye.

ANACLET yanditse ku itariki ya: 18-08-2017

Turashimira umubyeyi
wacu, k’urukundo
akomeje kugaragariza
abanyamahanga!
erega n’ubundi
urugo rwiza n’urugendwa.

NGOGA Dany yanditse ku itariki ya: 15-08-2017
  Pages:
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.