VIDEO: Kigali Today Ltd iri ku isonga mu gutanga amahugurwa yo gufotora kinyamwuga

7/08/2018 - 15:27     

Ibitekerezo ( 3 )

Muraho, itsinda ry’abantu ryifuje ko mwabaha amahugurwa mwabyemera? Hari ababa basanzwe babikora ariko bakeneye amahugurwa. murakoze kd bishobotse mwaduha Adresse yanyu umuntu akazabashaka.

Kabera Jean Dieu yanditse ku itariki ya: 19-02-2019

nange ndifuza ayo mahugurwa nabigenza gute ?

pacificque yanditse ku itariki ya: 5-09-2018

Muraho neza??Nukuri iyi gahunnda ni nziza ku bantu babikunda kdi biranshimishije.
Ikibazo nari mfite nagira ngo mbabaze bisaba iki kugira ngo umuntu abe yaba umwe mubahabwa ayo mahugurwa?kuko ndabikunda cyane. Murakoze.

Tresor yanditse ku itariki ya: 8-08-2018
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.