havugiman jackson yanditse ku itariki ya: 27-02-2017
1) Turasabako abayobozi bigihugu bari mu mwiherero ko badushakira igisubizo ku kibazo cya KVCS iyi company yishyuza parking ikomeje kubangamira abafite ibinyabiziga.
Icyambere ica amendes ba nyiribinyabiziga atari justified kandi umuntu akabura urwego rumurenganura igihe yarenganyijwe na KVCS.
2)Icya kabiri nuko KVCS ijya gutegera ababyeyi ku mashuri mu gihe cyo gutwara abana ku mashuri mu gitondo ndetse na saa saba mu gihe cyo kubacyura. Ibi bikaba bigaragara ko nta bumuntu burimo kandi ari ugukenesha imiryango bongera umuzigo ku babyeyi bariha amafaranga yinyongera. Turasaba ko ibi byahagarara.
urugero: Mujye mu rugunga ku ishuri ryababikira hafi ya boutik la gardienne maze mwirebere ibyo KVCS ikorera ababyeyi nkurugero.
Biragaragara ko inzego nyinshi zitinya KVCS kuko umuturage wese ugira icyo abavugaho nta gisubizo abona ahubwo bamusubiza by silence.
muraho banyakubahwa muteraniye mumwiherero inyigishomuzahabwazizagire akamara murwamyaruswa muzambwirirenyakubahwakonacicyishije amashurikandinyishakakwiga murakoze imana ibahe umugishacyane Good lcuk
1) Turasabako abayobozi bigihugu bari mu mwiherero ko badushakira igisubizo ku kibazo cya KVCS iyi company yishyuza parking ikomeje kubangamira abafite ibinyabiziga.
Icyambere ica amendes ba nyiribinyabiziga atari justified kandi umuntu akabura urwego rumurenganura igihe yarenganyijwe na KVCS.
2)Icya kabiri nuko KVCS ijya gutegera ababyeyi ku mashuri mu gihe cyo gutwara abana ku mashuri mu gitondo ndetse na saa saba mu gihe cyo kubacyura. Ibi bikaba bigaragara ko nta bumuntu burimo kandi ari ugukenesha imiryango bongera umuzigo ku babyeyi bariha amafaranga yinyongera. Turasaba ko ibi byahagarara.
urugero: Mujye mu rugunga ku ishuri ryababikira hafi ya boutik la gardienne maze mwirebere ibyo KVCS ikorera ababyeyi nkurugero.
Biragaragara ko inzego nyinshi zitinya KVCS kuko umuturage wese ugira icyo abavugaho nta gisubizo abona ahubwo bamusubiza by silence.
Umujyi wa kigali, Mininfra, minadef nabandi bagira icyo bamara nibatabare abaturage.
Murakoze
NDIFUZAKO MWAZATWIGIRA IBIBAZO 3:
– IKIBAZO CY’IBIRIBWA BIHENZE CYANE KU ISOKO
– IKIBAZO CYO GUCA CAGUWA KDI IBIKORERWA MU RWANDA BIKIRI BIKE
– IBIBAZO BITANDUKANYE BIRI MURI KAMINUZA Y’URWANDA. MURAKOZE