Ku myaka 18 ari kubica i Burayi nyuma yo kuzamukira muri Mukura VS
18/04/2018 - 13:02
Ibitekerezo
(
3
)
ibyo sibyo tureba nonese harahanditse ko yaturutse muburundi? CR7 ko azwi ntiyamenyekaniye muri man u tureba uwamuhaye ubumenyi kandi iyo uvukiye hab ntacyo umenya.
bakanirora martin yanditse ku itariki ya: 20-04-2018
None se ko mbona ubizi waba uziko yabaga muri mukura academy? Naho kuba ari umurundi cyangwa munyarwanda sinzi niba ari urubanza kuko nationalité zirasabwa zikanatangwa...ibyangombwa nuko ari uwo muri academy ya MUKURA
Alonso yanditse ku itariki ya: 19-04-2018
Mwiriwe neza ? Uyo musore si umunyarwanda ni umurundi ahubwo yaratuye i Butare mbere yuko ajya Belgique.murakoze
ibyo sibyo tureba nonese harahanditse ko yaturutse muburundi? CR7 ko azwi ntiyamenyekaniye muri man u tureba uwamuhaye ubumenyi kandi iyo uvukiye hab ntacyo umenya.
None se ko mbona ubizi waba uziko yabaga muri mukura academy? Naho kuba ari umurundi cyangwa munyarwanda sinzi niba ari urubanza kuko nationalité zirasabwa zikanatangwa...ibyangombwa nuko ari uwo muri academy ya MUKURA
Mwiriwe neza ? Uyo musore si umunyarwanda ni umurundi ahubwo yaratuye i Butare mbere yuko ajya Belgique.murakoze