Ku myaka 18 ari kubica i Burayi nyuma yo kuzamukira muri Mukura VS

18/04/2018 - 13:02     

Ibitekerezo ( 3 )

ibyo sibyo tureba nonese harahanditse ko yaturutse muburundi? CR7 ko azwi ntiyamenyekaniye muri man u tureba uwamuhaye ubumenyi kandi iyo uvukiye hab ntacyo umenya.

bakanirora martin yanditse ku itariki ya: 20-04-2018

None se ko mbona ubizi waba uziko yabaga muri mukura academy? Naho kuba ari umurundi cyangwa munyarwanda sinzi niba ari urubanza kuko nationalité zirasabwa zikanatangwa...ibyangombwa nuko ari uwo muri academy ya MUKURA

Alonso yanditse ku itariki ya: 19-04-2018

Mwiriwe neza ? Uyo musore si umunyarwanda ni umurundi ahubwo yaratuye i Butare mbere yuko ajya Belgique.murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 18-04-2018
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.