Umukinnyi w’ikinamico URUNANA:BUSHOMBE

12/12/2011 - 17:07     

Ibitekerezo ( 168 )

Ndabaramukije bakinyi beza b’Urunana.nitwa NDAYISABA Jean Claude niga muri kaminuza y’Uburundi nkaba nkunda urunana.namba ngire inama Philipo akunde Agnès noneho areke gusambura izamaze kubakwa.Uti Budesiyana nuwa James.hama nawe Aline uraraba neza Nadine araguhenda uhava usesagura usange butike yaw irugaye kandi ariyo yarigutunze.

Ndayisaba Jean Claude yanditse ku itariki ya: 19-11-2015

Mayor Gicumbi turamushima umuhate afire wokuvugurura umujyi ,ariko ahwiture ba etat civil bimirenge bajye bihutisha raporo zabacyeneye gufotorwa no guhabwa indangamuntu kubifotoje dore kobimaze kwibagirana

mucyo yanditse ku itariki ya: 19-11-2015

Mayor Gicumbi turamushima umuhate afire wokuvugurura umujyi ,ariko ahwiture ba etat civil bimirenge bajye bihutisha raporo zabacyeneye gufotorwa no guhabwa indangamuntu kubifotoje dore kobimaze kwibagirana

mucyo yanditse ku itariki ya: 19-11-2015
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.