Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Hazashyirweho umwihariko wo kwibuka n’abandi bishwe byihariye, nk’abishwe bataragira izina - Meya Ntazinda
Ingabo na Polisi mu masomo yihariye ku gukumira ikoreshwa ry’abana mu gisirikare
Mu Rwanda hagiye kubakwa ishuri ry’imyuga ryigisha nk’ayo mu Bushinwa
Rwanda: Gukodesha inzu mu madolari ntibyemewe ariko birakorwa
Njye ndabona ibyiza ari ukongera imiyoboro ifatira amazi haruguru cyane y’umuhanda wa kaburimbo kandi hakongerwa amateme muri kaburimbo. Ibyo byatuma amazi atireka cyangwa ngo agende asandaye nkuko bigaragara. Dutinye gushyira andi mateme aho dushaka muri kaburimbo amaherezo amazi yazanaca iyo kaburimo akanyura aho yo ashaka.