Ibi ni ibishegu cyangwa ni rwo rurimi rwabo? (Video)

Rimwe na rimwe mu bukwe abantu bakunze kwizihirwa, bakagaragaza ibyishimo byabo baririmbira abageni akaririmbo, ndetse bakanababyinira. Indirimbo yaririmbwe muri ubu bukwe yo yatumye ababutashye hafi ya bose baseka imbavu zirashya bataha bumiwe.

Iyumvire iyo ndirimbo yatunguye benshi ikanabatangaza

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

jew nipfuza komwombwira uburyo umubwira umukobwa ngo muryamane

ntahomvukiye yanditse ku itariki ya: 13-11-2022  →  Musubize

Ntabwo ari ibishegu mu Rukiga gushwera ni ugushyingirwa. Twashwej’umwana ni ukuvuga ngo twashyingiy’umwana naho ngo reka bamushwere ni ukuvuga ngo reka bamujyane. Nta gitangaza kirimo rwose. Umuremyi wacu tumwit’Imana ariko mu rugande uvuze ngo Imana bakwifata ku munwa kuko iryo jambo risobanura ibindi. Indimi ni ikindi kintu tutazi.

Jerome Mpakaniye yanditse ku itariki ya: 9-07-2018  →  Musubize

Ubu ni ubudasa bw’umuco

Eliab Niyongira yanditse ku itariki ya: 10-07-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka