Aloys Ndimbati washakishwaga kubera ibyaha bya Jenoside yarapfuye

Aloys Ndimbati wahoze ari Burugumesitiri wa Komini wa Gisovu yitabye Imana nk’uko byatangajwe n’urukiko mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda.

Ni inkuru yabaye kimomo kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2023.

Aloys Ndimbati yari yarashyiriweho impapuro zimuta muri yombi ngo aburane ku byaha yari akurikiranweho bya Jenoside yakorewe Abatutsi 1994.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka