Umuhanda Kigali - Musanze wongeye kuba Nyabagendwa

Hifashishijwe imodoka ya Polisi y’Igihugu ikoreshwa mu gutabara ibinyabiziga byakoze impanuka zikomeye, Break Down, Polisi y’igihugu imaze gukura mu muhanda, ikamyo yari yafunze umuhanda Kigali- Musanze

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Iki gikamyo Break Down yagiherereje uruhande rumwe rw’umuhanda maze ingendo zirakomeza nta nkomyi.

Iyi kamyo yari yafunze umuhanda, yazamukaga umusozi wa Buranga uherereye mu Karere ka Gakenke yacitse imbaraga isubira inyuma yitura hasi ihita ifunga umuhanda.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

IMANA NISHIMWE UBWO PORICE YIGIHUGU IFUNGUYE UMUHANDA

TUYISHIMIRE ANACLET yanditse ku itariki ya: 24-02-2018  →  Musubize

nasaba abashofiri nibarya babona bagiye km nyinshi barye baparika.

justin nkora yanditse ku itariki ya: 24-02-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka