Inama ya AFRACA yitezweho kuzamura urwego rw’ubuhinzi - Amafoto

Kuva ku wa Mbere tariki 1 Kanama kugeza kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Kanama 2016, u Rwanda rwakiriye inama mpuzamahanga y’ishyirahamwe ry’ibigo by’imari biteza imbere ubuhinzi mu cyaro muri Afurika, Aziya na Pasifica n’abafatanyabikorwa babyo (AFRACA).

Umuyobozi wa Banki y'u Rwanda itsura Amajyambere (BRD), Alexis Kanyankore, ubwo yahaga ikaze abitabiriye inama.
Umuyobozi wa Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD), Alexis Kanyankore, ubwo yahaga ikaze abitabiriye inama.

Iyi nama yateguwe na Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) yahuje impuguke zirenga 200 mu bijyanye n’ubuhinzi, aho zurunguranaga ibitekerezo ku buryo bushya bwakoreshwa kugira ngo abahinzi barusheho gutanga umusaruro.

Amwe mu mafoto:

Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, Dr Geraldine Mukeshimana araganira n'Umuyobozi wa BRD, Alexis Kanyankore.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Geraldine Mukeshimana araganira n’Umuyobozi wa BRD, Alexis Kanyankore.
Umuyobozi wa Banki y'u Rwanda itsura Amajyambere (BRD), Alexis Kanyankore (uhagaze) arasuhuza abitabiriye inama ya 5 ya AFRACA.
Umuyobozi wa Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD), Alexis Kanyankore (uhagaze) arasuhuza abitabiriye inama ya 5 ya AFRACA.
Lamon Rutten, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Ubuhinzi cyo mu Buholandi (CTA), yatanze ikiganiro.
Lamon Rutten, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubuhinzi cyo mu Buholandi (CTA), yatanze ikiganiro.
Umunya-Nigeria, Dr. Usman M. BUGAJE, Impirimbanyi ya demokarasi n'iterambere yari muri iyi nama.
Umunya-Nigeria, Dr. Usman M. BUGAJE, Impirimbanyi ya demokarasi n’iterambere yari muri iyi nama.
Mu karuhuko, abitabiriye inama baraganira.
Mu karuhuko, abitabiriye inama baraganira.

Amafoto: Kamanzi Natasha/Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka