Video: Ubuhamya bw’abavuzwe na HRW ko bishwe

Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu iherutse kugaragaza ibinyoma bikubiye muri Raporo y’Umuryango Human Rights Watch ishinja inzego z’umutekano z’u Rwanda kwica abashinjwa ubujura.

Umwe mu babeshyewe ko Yishwe n'inzego z'umutekano z'u Rwanda afungiye muri Gereza ya Rubavu
Umwe mu babeshyewe ko Yishwe n’inzego z’umutekano z’u Rwanda afungiye muri Gereza ya Rubavu

Ni raporo yasohotse muri Nyakanga 2017 ihabwa umutwe ugira uti"All Thieves must be killed".

Iyi raporo ivuga ko hari Abanyarwanda 43 bishwe n’inzego z’umutekano zirimo abasirikare, abapolisi na DASSO.

Ababeshyewe ko bishwe ndetse n’abo mu miryango yabo, batanze ubuhamya bubeshyuza ibikubiye muri iyo raporo ya Human Right Watch.

Dore mu mashusho ubuhamya bwabo :

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka