U Rwanda rwiteguye gukorana na Afrika mu gukemura ikibazo cy’amashanyarazi

U Rwanda rwiteguye gukorana n’ibihugu bya Afrika mubyerekeranye n’ubuhahirane bushingiye ku ngufu z’amashanyarazi, aho rushobora gutangira kujya rugura cyangwa se rukagurisha amashanyarazi mu bindi bihugu bya Afrika hifashishijwe imiyoboro migari.

Umunyamabanga wa leta ushinzwe ingufu n’amazi Kamayirese Germaine yabitangaje nyuma y’aho u Rwanda rwakiriye inama y’abaminisitiri bashinzwe ingufu, baturutse mu bihugu 11 byo kumugabane wa Afrika.

Kamayirese Germaine Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwa remezo ushinzwe ingufu
Kamayirese Germaine Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa remezo ushinzwe ingufu

Iyumvire uyu muyobozi asobanura birambuye iby’Iyi nama

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka