Nyarugenge: Amasoko atajyanye n’igihe agiye kwegurirwa abikorera (Audio)
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge bufite gahunda yo kwegurira abikorera amasoko ya Biryogo na Rwezamenyo, muri gahunda yo kuyahindura amasoko yo mu rwego rwo hejuru agendanye n’igishushanyo mbonera cy’umujyi.
Kugeza ubu igiciro cyo kuvugurura isoko rya Biryogo n’irya Rwezamenyo ntikiramenyekana, ariko ubuyobozi buvuga ko kimwe n’igihe imirimo izamara, byose bizamenyekana mu gihe cyo guhatanira isoko.
Iyumvire inkuru irambuye hano
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|