Nyarugenge: Amasoko atajyanye n’igihe agiye kwegurirwa abikorera (Audio)

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge bufite gahunda yo kwegurira abikorera amasoko ya Biryogo na Rwezamenyo, muri gahunda yo kuyahindura amasoko yo mu rwego rwo hejuru agendanye n’igishushanyo mbonera cy’umujyi.

Nzaramba Kayisime Meya w'akarere ka Nyarugenge avuga ko Kwegurira aya masoko abikorera ari ukugira ngo bayahuze n'igishushanyo mbonera cy'Umujyi wa Kigali
Nzaramba Kayisime Meya w’akarere ka Nyarugenge avuga ko Kwegurira aya masoko abikorera ari ukugira ngo bayahuze n’igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali

Kugeza ubu igiciro cyo kuvugurura isoko rya Biryogo n’irya Rwezamenyo ntikiramenyekana, ariko ubuyobozi buvuga ko kimwe n’igihe imirimo izamara, byose bizamenyekana mu gihe cyo guhatanira isoko.

Iyumvire inkuru irambuye hano

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka