Musanze: Noneho Meya yadukiriye Dasso nyuma ya ba gitifu (Amajwi)
Iyi nkuru ije ikurikira iyo duherutse kubagezaho muri iki cyumweru, aho umuyobozi w’Akarere ka Musanze Habyarimana Jean Damascene yatamaje bamwe mu bayobozi mu ruhame.
Mu majwi Kigali Today yatangaje, yumvikanye ahamagara bamwe mu bayobozi b’utugali n’imidugudu, bagiye bijandika mu mikorere mibi irimo ruswa n’ubusinzi.
Kuri ubu yongeye kwihanangiriza aba-Dasso batuzuza inshingano zabo, nk’uko muri bubyumve muri iyi nkuru yateguwe na KT Radio, Radio ya Kigali Today.
Iyumvire Meya wa Musanze asomera ba Dasso
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Muzaturebere umukuru wumudugudu wa Byimana ahahoze hitwa Rwebeya akunda ruswa araturembeje.hari utubari turara dusakuza ndetse niyo tubimubwiye bamuha ruswa akabihorera ntidusinzira . Meya nadufashe!!!!!!!!
NTAWAMENYE MUZATUBARIZE MEY IMPAMVU?