Minisitiri w’Uburezi n’Uw’ikoranabuhanga n’itumanaho basimbuwe ku mirimo

Nsengimana Philbert wari Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’Itumanaho na Musafiri Papias Malimba wari Minisitiri w’Uburezi basimbuwe ku myanya bariho.

Uwari minisitiri w'Uburezi, Papias Musafiri wasimbuwe na Dr Eugene Mutimura
Uwari minisitiri w’Uburezi, Papias Musafiri wasimbuwe na Dr Eugene Mutimura

Bitangajwe na Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard mu itangazo asohoye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Ukuboza 2017.

Uwari minisitiri w'ikoranabuhanga n'itumanaho Philbert Nsengimana yasimbuwe na Jean de Dieu Rurangirwa
Uwari minisitiri w’ikoranabuhanga n’itumanaho Philbert Nsengimana yasimbuwe na Jean de Dieu Rurangirwa

Iri tangazo riravuga ko Nsengimana Philbert asimbuwe na Rurangirwa Jean de Dieu naho Musafiri Papias Malimba asimbuwe na Dr Mutimura Eugene

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Minister Eugene azadufashe gukemura ikibazo cy’amafranga yishyurwa kuri UR ark akaba adashora gusubizwa abanyeshuri.Tubaza ikibazo cyo kuyasubizwa bakadusubiza bavuga ko ngo REB izayaheraho turi kwishyura Bource,ese tugiye kujya twishyura tukiri ku ntebe y’ishuli? Ibi nabyo biratubangamiye.

Elpidiu ISINGIZWE yanditse ku itariki ya: 7-12-2017  →  Musubize

Uwari minisitiri w’ikoranabuhanga n’itumanaho Philbert Nsengimana yarakoze cyn yashyizemo ingufu nifuza ko n umusimbuye yakora nkawe ndetse akarenzaho

Emmy yanditse ku itariki ya: 7-12-2017  →  Musubize

Mu myaka 15 mineduc yagize abayobozi barenga 10. Ugereranije buri umwe amaraho hagati y’umwaka n’umwaka n’igice. Ese ubwo ntihari imbogamizi zidasanzwe. Ibi nabyo ubwabyo bituma urwego ruhora mu mpinduka.

mami yanditse ku itariki ya: 7-12-2017  →  Musubize

malimba naveho ahubwo yadindiza uburezi,uzi guhiga ibyo utashora guhigura.

VAVA yanditse ku itariki ya: 7-12-2017  →  Musubize

Congs Jean de Dieu uko ukunda Yesu azagukomeza urangize ishingano wahawe

Tonton yanditse ku itariki ya: 6-12-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka