Mbakumbuze Ikidoge, Igikonari, Arboretum, Viet, Audi, kwa Gicumba no ku Ijuru rya Kamonyi

Benshi mu bize muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye ikiri Kaminuza imwe Nkuru y’u Rwanda, bakumbuye kubona uko isigaye isa no kubona uko inkengero zayo zisigaye zimeze. Hari na benshi bafite amatsiko yo kumenya bimwe mu bice byayo byavuguruwe cyangwa se ibishya byahubatswe. Kigali Today irabamara ayo matsiko mu mafoto.

Batiment Central, ifatwa nk'irangamuntu ya Kaminuza
Batiment Central, ifatwa nk’irangamuntu ya Kaminuza
Urundi ruhande rwa Batiment Central rugana ku macumbi y'abakobwa
Urundi ruhande rwa Batiment Central rugana ku macumbi y’abakobwa
Hagati muri Batiment Central
Hagati muri Batiment Central
Harimo ubusitani bubereye ijisho
Harimo ubusitani bubereye ijisho
Audi Levesque iherereye muri Batiment Central
Audi Levesque iherereye muri Batiment Central
Auditorium iberamo ibitaramo, inama ndetse ikanerekanirwamo filime
Auditorium iberamo ibitaramo, inama ndetse ikanerekanirwamo filime
Imbere muri Audi hicaramo abasaga 1500
Imbere muri Audi hicaramo abasaga 1500
Hejuru aho hitwa mu gikonari
Hejuru aho hitwa mu gikonari
Bibliotheque ya Kaminuza nta Munyeshuri utarayikandagiyemo yiga cyangwa ajya gutira ibitabo
Bibliotheque ya Kaminuza nta Munyeshuri utarayikandagiyemo yiga cyangwa ajya gutira ibitabo
Ivuriro rya Kaminuza y'u Rwanda
Ivuriro rya Kaminuza y’u Rwanda
Aho ishami ry'ubumenyi ryigira (Sciences Department)
Aho ishami ry’ubumenyi ryigira (Sciences Department)
Aha ni ho abiga icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu Ikoranabuhanga bigira
Aha ni ho abiga icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu Ikoranabuhanga bigira
Iki kigega aho uri hose muri Huye uba ukitegeye
Iki kigega aho uri hose muri Huye uba ukitegeye
Iyi modoka irambye muri iyi kaminuza
Iyi modoka irambye muri iyi kaminuza
Iyi modoka izwi cyane nka "Don de Son Excellence"
Iyi modoka izwi cyane nka "Don de Son Excellence"
Aha ni ho binjirira bagana muri Kaminuza
Aha ni ho binjirira bagana muri Kaminuza
Uri kwinjira muri Kaminuza wakirwa n'amacumbi yitiriwe Bengazi
Uri kwinjira muri Kaminuza wakirwa n’amacumbi yitiriwe Bengazi
Wigiye imbere gato uhura n'ishuri ryigirwamo ICT, abenshi mu bize mu bihe bya Kera ntaryo bahasize
Wigiye imbere gato uhura n’ishuri ryigirwamo ICT, abenshi mu bize mu bihe bya Kera ntaryo bahasize
Iyi nyubako nayo abize kera ntibayizi kuko yubatswe mu myaka ya vuba , ikaba ikorerwamo ubushakashatsi
Iyi nyubako nayo abize kera ntibayizi kuko yubatswe mu myaka ya vuba , ikaba ikorerwamo ubushakashatsi
Ibi biro by'Umuhuzabikorwa wa Kaminuza benshi barabyibuka
Ibi biro by’Umuhuzabikorwa wa Kaminuza benshi barabyibuka
Aka kayira kagana kuri Serivice aux Etudiants
Aka kayira kagana kuri Serivice aux Etudiants
Services aux Etudiants
Services aux Etudiants
Iyi nyubako benshi bibuka Cyber Café bajyaga gufotozamo notes
Iyi nyubako benshi bibuka Cyber Café bajyaga gufotozamo notes
Abize kera bahazi nko ku biro bya AGEUNR ubu ni ibiro bya NURSU
Abize kera bahazi nko ku biro bya AGEUNR ubu ni ibiro bya NURSU
Ibibuga bya volley na Basket
Ibibuga bya volley na Basket
Uyu munyinya w'inganzamarumbo abize muri Kaminuza bawumviragamo amahumbezi
Uyu munyinya w’inganzamarumbo abize muri Kaminuza bawumviragamo amahumbezi
Iyi nzu nayo ifasha benshi kubona aho bafotoza notes
Iyi nzu nayo ifasha benshi kubona aho bafotoza notes
Gymnase
Gymnase
Ugana muri Gymnase uhura na Biyari irambye ahangaha
Ugana muri Gymnase uhura na Biyari irambye ahangaha
Imbere muri Gymnase
Imbere muri Gymnase
Ukomeje iyi nzira ugera kuri Stade ya Kaminuza
Ukomeje iyi nzira ugera kuri Stade ya Kaminuza
Aka kazu gatuyemo abashinzwe umutekano wa Kaminuza gaherereye mu ishyamba rya Arboretum
Aka kazu gatuyemo abashinzwe umutekano wa Kaminuza gaherereye mu ishyamba rya Arboretum
Caisse d'Entraide y'abakozi ba Kaminuza
Caisse d’Entraide y’abakozi ba Kaminuza
Auto Ecole yigisha abanyeshuri gutwara imodoka
Auto Ecole yigisha abanyeshuri gutwara imodoka
Arboretum ifasha benshi kwiherera basubiramo amasomo, baruhuka abandi batereta
Arboretum ifasha benshi kwiherera basubiramo amasomo, baruhuka abandi batereta
Cantine ya Kaminuza uku niko isigaye imeze kuko ntigikora
Cantine ya Kaminuza uku niko isigaye imeze kuko ntigikora
Resitora Ikiyanja
Resitora Ikiyanja
Resitora Igikonari
Resitora Igikonari
Resitora Ikidoge
Resitora Ikidoge
Misereor
Misereor
Cambodge
Cambodge
Abize Kaminuza bose bazi aka gasozi kitiriwe Zitoni (Mont Zitoni)
Abize Kaminuza bose bazi aka gasozi kitiriwe Zitoni (Mont Zitoni)
Ingazi ziva i Cambodge zigana Batiment Central
Ingazi ziva i Cambodge zigana Batiment Central
Ahahoze ishuri ry'Itangazamakuru n'itumanaho (EJC)
Ahahoze ishuri ry’Itangazamakuru n’itumanaho (EJC)
Viet
Viet
Nyarutarama
Nyarutarama
TITANIC
TITANIC
Ababaye mu muryango wa AERG UNR bazi akamaro k'iyi nzu
Ababaye mu muryango wa AERG UNR bazi akamaro k’iyi nzu
Icapiro rya Kaminuza
Icapiro rya Kaminuza
Urwibutso rwa Jenoside rwa Kaminuza
Urwibutso rwa Jenoside rwa Kaminuza
Ijuru rya Kamonyi ku Mukoni benshi mu bize Kaminuza bahanywereye agacupa
Ijuru rya Kamonyi ku Mukoni benshi mu bize Kaminuza bahanywereye agacupa
Nta wize Kaminuza utazi umugabo witwa Sebukangaga. Iyi ni Barthos Hotel ye
Nta wize Kaminuza utazi umugabo witwa Sebukangaga. Iyi ni Barthos Hotel ye
Agahanda k'Imadina mu nzira yabagamo utu resitora twinshi abanyeshuri bafatiragamo amafunguro
Agahanda k’Imadina mu nzira yabagamo utu resitora twinshi abanyeshuri bafatiragamo amafunguro
I Madina habaga uturesitora twinshi hakanaba amacumbi abanyeshuri baturagamo
I Madina habaga uturesitora twinshi hakanaba amacumbi abanyeshuri baturagamo
Macrobiotique, resitora izwiho kugira ifunguro ryihariye iyo wariryaga ngo wameraga nkaryo
Macrobiotique, resitora izwiho kugira ifunguro ryihariye iyo wariryaga ngo wameraga nkaryo
Kwa Wariraye naho harazwi cyane
Kwa Wariraye naho harazwi cyane
Aha hahoze hakorera Mutuelle de Sante ya Kaminuza
Aha hahoze hakorera Mutuelle de Sante ya Kaminuza
kuri Rectorat, ahahoze higira ishami ry'amategeko
kuri Rectorat, ahahoze higira ishami ry’amategeko
Amacumbi yitwaga VUBA ubu ntabantu bakihaba
Amacumbi yitwaga VUBA ubu ntabantu bakihaba
Kwa Bihira naho harazwi cyane muri Huye
Kwa Bihira naho harazwi cyane muri Huye
Aha benshi bahibukira ko ariho Horizon na Volcano byahagararaga mbere Gare itarubakwa
Aha benshi bahibukira ko ariho Horizon na Volcano byahagararaga mbere Gare itarubakwa
Imberabyombi
Imberabyombi
Ibis abaheruka Huye kera basize itaravugururwa gutya
Ibis abaheruka Huye kera basize itaravugururwa gutya
Hotel Faucon yo hari benshi bayiheruka ikoreramo akamodoka kitwaga Melo Twist ubu yarafunze
Hotel Faucon yo hari benshi bayiheruka ikoreramo akamodoka kitwaga Melo Twist ubu yarafunze
Aka gataje abize mu gihe cya Kera baribuka resitora yakabagamo
Aka gataje abize mu gihe cya Kera baribuka resitora yakabagamo
Mu gisaza akabari kanditse izina mu Mujyi wa Huye
Mu gisaza akabari kanditse izina mu Mujyi wa Huye
Gratia Bar aha naho harazwi cyane mu tubari twanywerewemo cyane Huye
Gratia Bar aha naho harazwi cyane mu tubari twanywerewemo cyane Huye
kwa Gicumba wamamaye cyane mu Kabenzi
kwa Gicumba wamamaye cyane mu Kabenzi
Chinese Restaurant ituranye n'ahahoze hitwa kwa Venant
Chinese Restaurant ituranye n’ahahoze hitwa kwa Venant
Amacumbi y'ababikira yitiriwe Gereza ya Fox River
Amacumbi y’ababikira yitiriwe Gereza ya Fox River
Ishami ryigisha iby'Ubuhinzi
Ishami ryigisha iby’Ubuhinzi
I Mamba amashuri yigirwamo Ubumenyi n'Ikoranabuhanga
I Mamba amashuri yigirwamo Ubumenyi n’Ikoranabuhanga
Kiza, amacumbi yacumbikiraga abanyeshuri biga ubuvuzi
Kiza, amacumbi yacumbikiraga abanyeshuri biga ubuvuzi
Uyu ni umuryango winjira mu ishami ryigisha ubuhinzi
Uyu ni umuryango winjira mu ishami ryigisha ubuhinzi
Paroisse ya Kaminuza abayiheruka yari itaravugururwa
Paroisse ya Kaminuza abayiheruka yari itaravugururwa
Linda, amacumbi yacumbikirwagamo cyane abiga mu ishami ry'Ubuhinzi
Linda, amacumbi yacumbikirwagamo cyane abiga mu ishami ry’Ubuhinzi
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 22 )

mwibagiwe theatre de verdire na faculite ya medicine

Leoncie yanditse ku itariki ya: 30-06-2018  →  Musubize

Murakoze cyane kubwiyinkuru ibashije kutwibutsa ibihe byiza twagiriye i RUHANDE! I will always be missing you so much NUR= UNR for sure! Thank you very much KT for this Article!

Uwingjmv yanditse ku itariki ya: 28-06-2018  →  Musubize

Leta y’u Rwanda izahashakire abashoramari bakomeye bahubake amahoteli agezweho(ahantu nyaburanga) ari ku rwego rwa Marriott bizatuma ba mukerarugendo batuzanira amadevize muri gahunda ya VISIT RWANDA

steve yanditse ku itariki ya: 28-06-2018  →  Musubize

hariya mwavuze ko higiraga ibiga ibyubuhinzi hari faculte ya medecine

elias yanditse ku itariki ya: 28-06-2018  →  Musubize

Ariya ma restorat harimo iyitwaka ga kill me quickly...... Hafi na gymnase

Black one yanditse ku itariki ya: 28-06-2018  →  Musubize

Munyeretse muri services aux etudiants mpita nibuka Mzee Antoine (umugabo wumusatsi wimvi gusa gusa) umugabo wumurava kandi wiyubahaga cyane none ngo yitabye Imana disi!!RIP

PEACE yanditse ku itariki ya: 28-06-2018  →  Musubize

yoooo mbega kwibuka i Ruhande.hari heza disi

mabe yanditse ku itariki ya: 27-06-2018  →  Musubize

Mbega disi! munyibukije PROGAUDI, mbonye mont Zitoni! Nibutse ukuntu mu myaka yashize icyitwa icumbi rya kaminuza cyabaga gifite agaciro: muribuka kugura urubavu? kumakiza? guskyinga? none sha dore amacumbi ari gusenyuka ntabanyeshuri bagihari kweli. cyakora Leta nirebe uko yakongera ireme ry’uburezi ireke gutatanya imbaraga igarure abanyeshuri iButare. ubu umwana asigaye atangirira Nyagatare, muwakabiri akajya iBusogo, mu wa gatatu akajya Huye muwa kane akajya KIST!!!! Yewe narumiwe.

Ubutaha muzatwibutse amazina ya za promotions

today yanditse ku itariki ya: 27-06-2018  →  Musubize

Nibutse ibitaramo by’imfura mu ma Famille ya AERG
Nibutse kwa Maman SHEMA yewe harakabaho kaminuza ku gicumbi cy’abanyabwenge ibirangirire mu Mutwe no mubumenyi !

Sebo yanditse ku itariki ya: 27-06-2018  →  Musubize

waaaaaaaaaaaaaaaaaa urakoze cyane muvandimwe, ibi nabiherukaga 2010, na PROGAUDI bambe, museleore, naho se imigano ya Vumiliya, TUMBA RANGO MUKONI CAMPUS

John Marie yanditse ku itariki ya: 27-06-2018  →  Musubize

Hariya kuri Rectorat higiye na Faculté de Droit kugeza 2008. Ubutaha uzatugezeho n’abayoboye UNR nyuma ya Genocide kugeza habaye Kaminuza imwe (UR). Labophar wayibagiwe naho hari sawa.

SERVILIEN yanditse ku itariki ya: 27-06-2018  →  Musubize

Hariya kuri Rectorat higiye na Faculté d’Education bitaga NYARWANDA kugeza 2008. Ubutaha uzatugezeho n’abayoboye UNR nyuma ya Genocide kugeza habaye Kaminuza imwe (UR). Labophar wayibagiwe naho hari sawa.

SERVILIEN yanditse ku itariki ya: 29-06-2018  →  Musubize

Njye ndacyahiga,muzaze mbereke kuri ISAR,harahindurse cyane.

ISINGIZWE Elpidius yanditse ku itariki ya: 27-06-2018  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka