Igisirikare cy’u Rwanda cyabonye umuvugizi mushya

Lt Col Innocent Munyengango‭ niwe wagizwe Umuvugizi mushya w’ingabo z’igihugu (RDF), asimbuye Brig Gen Safari Ferdinand wari umaze igihe gito akora ako kazi mu buryo bw’agateganyo.

Brig Gen Safari yabaye umuvugizi wa RDF, asimbuye Lt Col Ngendahimana Rene, uri mu basirikare basezerewe mu ngabo z’u Rwanda tariki 17 Nyakanga 2017, bagiye mu kiruhuko.

Umuvugizi mushya wa RDF yari asanzwe akorera mu ngabo zirwanira mu kirere (Air Force).

Lt Col Innocent Munyengango niwe muvugizi mushya wa RDF
Lt Col Innocent Munyengango niwe muvugizi mushya wa RDF
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

tumuhaye ikaze mukuvugira u rwanda rwacu

Alphonse yanditse ku itariki ya: 14-10-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka