C&H yahaye impano Perezida Edgar Lungu azibukiraho ubwiza bw’ibikorerwa mu Rwanda

Uruganda C&H rukora imyambaro itandukanye igurishwa mu Rwanda ndetse indi ikoherezwa hirya no hino mu mahanga, rwahaye impano y’umwambaro ukorerwa mu Rwanda Perezida Edgard Lungu wa Zambia, izajya imwibutsa ubwiza n’umwimerere w’ibikorerwa mu Rwanda.

Umuyobozi wa C&H Candy Ma ashyikiriza impano Perezida Edgard Lungu
Umuyobozi wa C&H Candy Ma ashyikiriza impano Perezida Edgard Lungu

Byari ku mugoroba wo kuri uyu wa 21 Gashyantare 2018, ubwo Perezida Edgard Lungu uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, yasuraga agace gakoreramo inganda kazwi nka Special Economic Zone, gaherereye i Masoro mu Karere ka Gasabo.

Dore mu mafoto Perezida Edgard Lungu ahabwa impano n’abayobozi ba C&H

Iyi mpano yahawe na C&H yamushimishije cyane
Iyi mpano yahawe na C&H yamushimishije cyane
Yahise anayambara mu rwego rwo kwerekana ko ayishimiye
Yahise anayambara mu rwego rwo kwerekana ko ayishimiye
Abayobozi ba C&H bakomeje kumwereka imyambaro itandukanye bakora
Abayobozi ba C&H bakomeje kumwereka imyambaro itandukanye bakora
Bakorera isoko rypo mu Rwanda ndetse bakaba bafite n'amasoko hanze yarwo
Bakorera isoko rypo mu Rwanda ndetse bakaba bafite n’amasoko hanze yarwo
Abakozi b'uruganda C&H bamweretse urugwiro ubwo yabasuraga
Abakozi b’uruganda C&H bamweretse urugwiro ubwo yabasuraga
Perezida Edgard Lungu asobanurirwa ibikorerwa muri aka gace kahariwe ingana muri Kigali
Perezida Edgard Lungu asobanurirwa ibikorerwa muri aka gace kahariwe ingana muri Kigali
Yari aherekejwe na Minisitiri w'Ubucuruzi n'inganda Munyeshyaka Vincent na Minisitiri w'Uburezi Dr Mutimura Eugene
Yari aherekejwe na Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda Munyeshyaka Vincent na Minisitiri w’Uburezi Dr Mutimura Eugene
Perezida Edgard Lungu yanasuye kandi uruganda Uruganda Africa Improved Foods, rukora ifu ikungahaye ku ntungamubiri
Perezida Edgard Lungu yanasuye kandi uruganda Uruganda Africa Improved Foods, rukora ifu ikungahaye ku ntungamubiri
Yatemberejwe muri uru ruganda asobanurirwa uburyo rukora
Yatemberejwe muri uru ruganda asobanurirwa uburyo rukora
Muri urwo ruzinduko abakaraza b'urukerereza bari bahari bashimisha abarwitabiriye mu murishyo
Muri urwo ruzinduko abakaraza b’urukerereza bari bahari bashimisha abarwitabiriye mu murishyo
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka