Abumva ko inshingano zo kurera ziremereye bakwiye kureka kubyara- Caritas Kigali

Padiri Twizeyumuremyi Donatien uyobora Caritas ya Kigali, avuga ko ipfundo ry’ikibazo cyo kujya mu mihanda kw’abana, ari uburere bwabuze mu miryango imwe n’imwe. Hari n’abandi batemeranya n’uyu mu padiri, bavuga ko ubukene ari yo ntandaro nyamukuru ituma abana bajya mu mihanda.

Iyumvire muri iyi nkuru icyo abarebwa n’iki kibazo babivugaho, ndetse n’igiteganyijwe ngo gikemuke burundu.

Padiri Twizeyumuremyi Donatien avuga ko kubura uburere mu miryango biza ku isonga mu gutuma abana bajya mu mihanda
Padiri Twizeyumuremyi Donatien avuga ko kubura uburere mu miryango biza ku isonga mu gutuma abana bajya mu mihanda
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka