Abantu 16 muri 23 ni bo barangije igice cya kabiri cy’isiganwa Mountain Gorilla Rally - AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 13 Kanama 2016, isiganwa ry’imodoka rizwi nka Rwanda Mountain Gorilla Rally ryakomeje ku munsi waryo wa Kabiri, rizenguruka imihanda Nemba – Ririma yo mu Karere ka Bugesera.

Abasiganwa 23 bazengurutse ibilometrero 251, haza gusoza abantu 16 ari na bo bazakina umukino wa nyuma (Final) kuri iki Cyumweru, tariki 14 Kanama 2016.

Abarundi babiri ni bo begukanye imyanya ibiri ya mbere, bakurikirwa n’Umunyazambiya wari wegukanye igice cya mbere cy’iri rushanwa cyabereye i Kigali ku wa gatanu tariki 12 Kanama 2016.

Iri siganwa ryose ryatangiye harimo Abanyarwanda batanu, ariko umwe ntiyabashije gukomeza kuri uyu wa Gatandatu, bivuze ko hasigayemo bane.

Abanyamakuru bafotora ba Kigali Today babafatiye amafoto agaragaza uko iri siganwa ryari ryifashe.

Ihere ijisho:

Niba ushaka kureba andi mafoto menshi, kanda HANO.

Amafoto: Plaisir Muzogeye na Roger Marc Rutindukanamurego

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

In this situation, Brickit doesn’t even mention bricks within their advertisement.

To ensure means they need ton’t be too hard to beat.

Melaine yanditse ku itariki ya: 15-08-2016  →  Musubize

Ark ntomwamenye uko bitwaye
Mwafotoye gusa!
nimutubwire uko bakurikiranye.

OD yanditse ku itariki ya: 13-08-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka