Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Muhanga: Abakozi ba RMI bibutse abazize Jenoside banagabira inka uwarokotse
Umupolisi yarasiye umucamanza mu rubanza
Umuhinzi warwanyije udusimba tw’utumatirizi mu biti by’imbuto aragira inama abandi
Nari nshimuswe ku bw’uruhu rwanjye, Imana ikinga ukuboko (Ubuhamya bw’ufite ubumuga bw’uruhu)