Abo turibo

Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.

Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd
Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd

Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.

Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.

Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor

"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?

Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?

Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?

Isanzure utwandikire:

Sales Department

Tel: +250 788351366

Email: [email protected], [email protected]

Murakoze.

Ibitekerezo   ( 34 )

mwazadushyiriyeho umurongo wibitekerezo mumakuru

nizaniyibyiza anastase yanditse ku itariki ya: 12-03-2017  →  Musubize

Nanjye nkunda ibiganiro bya KTradio.

LUCIEN HABARUREMA yanditse ku itariki ya: 8-02-2017  →  Musubize

Ndifuza Komwadushirira Amakuru Yinyanja Twogamo Kurifacebko

Murwanashyaka yanditse ku itariki ya: 25-01-2017  →  Musubize

twasabagako mwatumenyesha itariki yo kwa kwiyandikisha (apply) & competion kubanyeshuri bifuzaga kwiga music ku nyundo college murakoze

habimana liphen yanditse ku itariki ya: 18-12-2016  →  Musubize

Ngewe Ndagirango Munsobanurire Uko Umuntu Yakwitwara Kumugenziwe

NShimiyimana Jives yanditse ku itariki ya: 25-11-2016  →  Musubize

mwarakoze kutujyezaho amakuru meza asobanutse

moses yanditse ku itariki ya: 8-11-2016  →  Musubize

Ese umunt yabona ate inkuru z’imyaka yashize ngo azisome?

Jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 26-09-2016  →  Musubize

Ndabakundacyane kdi ndabakurikirana mugumye mudutezimbere turabemera.

Ntaganzwa Kalim yanditse ku itariki ya: 10-08-2016  →  Musubize

Kuba Tutayumva Hano Iburund Nuruhombo Rwose Ntakibaz Tuzarya Tubiraba Kurubug Thank-you

Niyonzima Elie Iburundi yanditse ku itariki ya: 17-07-2016  →  Musubize

Muduhe amakuru ari bimbori bombori

alias yanditse ku itariki ya: 8-06-2016  →  Musubize

Muraho mwese?

Ndabashimiye.
Jyewe hari icyo mbasaba nyamara ariko ndanifuzako address yanjye yagirwa ibanga

ESE kuri Kigali today mwaba Meara kirin I range amanota yasohowe n’inama nkuru y’Abaforomo n’Ababyaza?

Biratangaje kandi birababaje
kuko mubantu 800 bakoze NGO kugirango bahabwe uburenganzira bwo gukora umwuga w’igiforomo n’ububyaza hatsinzemo abatarenze 300.

Ndibaza rero nti ese ababajijwe Bose ko bafite za Diplomes baherewe mumashuri y’u Rwanda kimwe no hanze abenshi bakaba banakorera leta hirya no hino mumavuriro.

1.Kiriya kizamini gitegurwa bite? nande? afire ubumenyi bungana iki?

ESE bwaba ari ubuswa bw’utegura? cg abaforomo n’Ababyaza my Rwanda ubumenyi bwabo buri hasi cyane?

None se kiriya kigo nticyaba kirimo kwikorera ubucuruzi?
Doreko utsinzwe isomo 1 gusa asubiramo kandi akishyura akayabo ?
Nabasabaga rero kugera kuri NCNM National council of nurses and midiwives ikorera Ku k’Akarere ka KICUKIRO maze mukatubariza.

Kuko iyo ababazwa batsinzwe ari benshi na MWALIMU aba afite ikibazo. Murakoze.

Umuforomo yanditse ku itariki ya: 3-06-2016  →  Musubize

Aba rayon turababaye gusa tugiye gutegura imikino isigaye kandi haracyari ikizere kandi apr nigitwa tuzarwariza kucy’amahoro turabakunda cyane.

Alexis yanditse ku itariki ya: 26-05-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.