Abo turibo
Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.
Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.
Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.
Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor
"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"
Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?
Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!
Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?
Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?
Isanzure utwandikire:
Sales Department
Tel: +250 788351366
Email: [email protected], [email protected]
Murakoze.
Ibitekerezo ( 34 )
Ohereza igitekerezo
|
mwazadushyiriyeho umurongo wibitekerezo mumakuru
Nanjye nkunda ibiganiro bya KTradio.
Ndifuza Komwadushirira Amakuru Yinyanja Twogamo Kurifacebko
twasabagako mwatumenyesha itariki yo kwa kwiyandikisha (apply) & competion kubanyeshuri bifuzaga kwiga music ku nyundo college murakoze
Ngewe Ndagirango Munsobanurire Uko Umuntu Yakwitwara Kumugenziwe
mwarakoze kutujyezaho amakuru meza asobanutse
Ese umunt yabona ate inkuru z’imyaka yashize ngo azisome?
Ndabakundacyane kdi ndabakurikirana mugumye mudutezimbere turabemera.
Kuba Tutayumva Hano Iburund Nuruhombo Rwose Ntakibaz Tuzarya Tubiraba Kurubug Thank-you
Muduhe amakuru ari bimbori bombori
Muraho mwese?
Ndabashimiye.
Jyewe hari icyo mbasaba nyamara ariko ndanifuzako address yanjye yagirwa ibanga
ESE kuri Kigali today mwaba Meara kirin I range amanota yasohowe n’inama nkuru y’Abaforomo n’Ababyaza?
Biratangaje kandi birababaje
kuko mubantu 800 bakoze NGO kugirango bahabwe uburenganzira bwo gukora umwuga w’igiforomo n’ububyaza hatsinzemo abatarenze 300.
Ndibaza rero nti ese ababajijwe Bose ko bafite za Diplomes baherewe mumashuri y’u Rwanda kimwe no hanze abenshi bakaba banakorera leta hirya no hino mumavuriro.
1.Kiriya kizamini gitegurwa bite? nande? afire ubumenyi bungana iki?
ESE bwaba ari ubuswa bw’utegura? cg abaforomo n’Ababyaza my Rwanda ubumenyi bwabo buri hasi cyane?
None se kiriya kigo nticyaba kirimo kwikorera ubucuruzi?
Doreko utsinzwe isomo 1 gusa asubiramo kandi akishyura akayabo ?
Nabasabaga rero kugera kuri NCNM National council of nurses and midiwives ikorera Ku k’Akarere ka KICUKIRO maze mukatubariza.
Kuko iyo ababazwa batsinzwe ari benshi na MWALIMU aba afite ikibazo. Murakoze.
Aba rayon turababaye gusa tugiye gutegura imikino isigaye kandi haracyari ikizere kandi apr nigitwa tuzarwariza kucy’amahoro turabakunda cyane.