Abo turibo

Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.

Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd
Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd

Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.

Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.

Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor

"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?

Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?

Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?

Isanzure utwandikire:

Sales Department

Tel: +250 788351366

Email: [email protected], [email protected]

Murakoze.

Ibitekerezo   ( 34 )

Kuba Tutayumva Hano Iburund Nuruhombo Rwose Ntakibaz Tuzarya Tubiraba Kurubug Thank-you

Niyonzima Elie Iburundi yanditse ku itariki ya: 17-07-2016  →  Musubize

Muduhe amakuru ari bimbori bombori

alias yanditse ku itariki ya: 8-06-2016  →  Musubize

Muraho mwese?

Ndabashimiye.
Jyewe hari icyo mbasaba nyamara ariko ndanifuzako address yanjye yagirwa ibanga

ESE kuri Kigali today mwaba Meara kirin I range amanota yasohowe n’inama nkuru y’Abaforomo n’Ababyaza?

Biratangaje kandi birababaje
kuko mubantu 800 bakoze NGO kugirango bahabwe uburenganzira bwo gukora umwuga w’igiforomo n’ububyaza hatsinzemo abatarenze 300.

Ndibaza rero nti ese ababajijwe Bose ko bafite za Diplomes baherewe mumashuri y’u Rwanda kimwe no hanze abenshi bakaba banakorera leta hirya no hino mumavuriro.

1.Kiriya kizamini gitegurwa bite? nande? afire ubumenyi bungana iki?

ESE bwaba ari ubuswa bw’utegura? cg abaforomo n’Ababyaza my Rwanda ubumenyi bwabo buri hasi cyane?

None se kiriya kigo nticyaba kirimo kwikorera ubucuruzi?
Doreko utsinzwe isomo 1 gusa asubiramo kandi akishyura akayabo ?
Nabasabaga rero kugera kuri NCNM National council of nurses and midiwives ikorera Ku k’Akarere ka KICUKIRO maze mukatubariza.

Kuko iyo ababazwa batsinzwe ari benshi na MWALIMU aba afite ikibazo. Murakoze.

Umuforomo yanditse ku itariki ya: 3-06-2016  →  Musubize

Aba rayon turababaye gusa tugiye gutegura imikino isigaye kandi haracyari ikizere kandi apr nigitwa tuzarwariza kucy’amahoro turabakunda cyane.

Alexis yanditse ku itariki ya: 26-05-2016  →  Musubize

IZINA JIVA RISOBANURA IKI?

HARIMANA INNOCA yanditse ku itariki ya: 24-05-2016  →  Musubize

twishimiye polisi yigihugu ikomeje kutubungabungira umutekano.

Uwamahoro divine yanditse ku itariki ya: 20-05-2016  →  Musubize

Hari amahugurwa mwaba muri gutanga cg muteganya gutanga kubijyanye n’itangazamakuru?

alias yanditse ku itariki ya: 10-05-2016  →  Musubize

mutubabarize bazafotora amafoto y indangamuntu ryari

Michael yanditse ku itariki ya: 5-04-2016  →  Musubize

Uwashaka ko mwamusura byakunda?

Ruhoraho Claude yanditse ku itariki ya: 5-01-2016  →  Musubize

Reka Twitorere Itegeko Nshinga Ibindi Umubyeyi Azabikemura (ibya Ba Veterinary Imana Irabazi Abantu Baribamaze Imyaka Isaga Umunani(8) Bakabakura Mu Kazi Bagashyiramo Abashya Ahubwo Kigalitoday Muzavuganire Abacyuye Igihe Pe Babaye Abashumeri 400 Bose Aha?

MUSONERA BARNABAS yanditse ku itariki ya: 19-12-2015  →  Musubize

Kayonza kur’uyu wa gatanu umujura yishwe ubwo yari afashwe ari kwiba

Alias yanditse ku itariki ya: 18-12-2015  →  Musubize

TURISHIMIRA RADIO RUSIZI MUMURE WA BWEYEYE ABAYO ZI BACYEMUYE,IBIBAZO BYABATURAGE FURESHE BAKOMEREZE AHOHO

CHIRISITOPHE, yanditse ku itariki ya: 28-11-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.