Abo turibo

Kigali Today ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”.

Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd
Jean Charles Kanamugire, Umuyobozi mukuru wa Kigali Today Ltd

Kugira ngo ibyo bigerweho, Kigali Today ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bakaba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo.

Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.

Aho icyicaro gikuru giherereye: CHIC building / First floor

"Amamaza ibikorwa byawe hamwe natwe"

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri Kigali Today?

Isanzure utwandikire kuri [email protected] utumenyeshe ibikorwa byawe, natwe turabisakaza muri buri karere ku Rwanda no hanze y’igihugu!

Waba wifuza kwamamaza ibikorwa byawe kuri KT Radio 96.7 & 107.9FM, KT Press?

Waba wifuza ko dukurikirana ( Live ) ibikorwa byawe? Waba wifuza ko twandika inkuru ku bikorwa byawe, " bikamenyekana hirya no hino "?

Isanzure utwandikire:

Sales Department

Tel: +250 788351366

Email: [email protected], [email protected]

Murakoze.

Ibitekerezo

uraho neza bakundwa; mbanje kubashimira kuko nkatwe turihanze tubasha kumyenya amakuru yi wacu.tukamyenya iterambere iwacu bagezeho murakoze ibihe byize iwacu igihugu cyamata n’ubuki

tuyisenge jean de dieu yanditse ku itariki ya: 14-03-2019

Mwiriweneza,turabashimira ibiganiro byanyu byiza mutugezaho ndi umukunziwanyu mperereye igasanze mumurenge wanduba nasabagako mwatubwirirawamuntu usobanura indirimbo akadushakira byibura nkiminsi 4 mucyumweru kuko turamwemeracyane murakoze umugorobamwiza iman ibarind

IMANIRADUKUNDA JAMVIER yanditse ku itariki ya: 9-10-2017

mwiriwe neza. mu murenge wa Munini, akarere ka Nyaruguru kuri uyu wa kabiri taliki 3/10/2017. ubuyobozi bw’umurenge wa Munini bufatanyije n’inzego z’umutekano bwakoze igikorwa cyo gukinga amazu yose akorerwamo ubucuruzi umunsi wose. banyiri ibikorwa biriwe ntawukoze, abahahira muri izo centre ubu bategereje ko ubuyobozi bukingura bahebye bahagaze mu mihanda bumiwe. umuyobozi w’umurenge abajijwe n’abaturage igituma afunga aya mazu yasubije ko ubona ibihumbi 20000frw ayazana maze agakingurirwa. ibi bije nyuma yaho ubuyobozi busabiye abafite amazu akorerwamo muri centre zubucuruzi zo mwuyu murenge gusiga amarangi no kunoza isuku nyuma yuko baru bamaze gucibwa amande ya 30000frw nta nteguza. abacuruzi barinubira igisa nitotezwa no kubuzwa imikorere byahato na hato bari gukorerwa nubuyobozi bwumurenge. abaturage nabo baranubira ubuyobozi bubateza ibihombo no kubabangamira. bikaba byateje ubushyamirane hagati ybaturage nubuyobozi. ariko iyo urebye uburyo isuku yitabiriwe bijyanye nibyo umuntu yasabwaga byakozwe ku buryo buhagije. gusa harimo abagikora ibyo basabwa batarabyuzuza. Turasaba ko mwazadusura rwose mukumva akarengane gahari mutuvugire kuko nibirebire ntakwandika ngo ndangize.

alias yanditse ku itariki ya: 3-10-2017

ntegereje igisubiza cyiza

MURAGIJIMANA jean damascene yanditse ku itariki ya: 23-08-2017

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.