#COP28 : Reba ubwiza bwa Dubai ahabera inama yiga ku mihindagurikire y’ibihe

Guhera tariki ya 30 Ugushyingo 2023, mu mujyi wa Dubai muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) hatangiye inama ya 28 y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ibihe (UNFCCC).

Aya ni amwe mu mafoto agaragaza ubwiza bw’umujyi wa Dubai uberamo iyi nama.

Amafoto: Niyonzima Moise / Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka