Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Kagame Paul, Habineza Frank na Mpayimana Philippe bemejwe nk’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
Bomboko yahamijwe ibyaha bitatu birimo n’icya Jenoside
RIB yerekanye batanu bakekwaho ubujura bwa telefone
Ambasaderi wa Cuba mu Rwanda yaganiriye n’abagize Sena ku kwagura umubano w’ibihugu byombi