Uko byari byifashe muri Rwanda Day i London (mu mafoto)

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

ni byiza kandi ni iby’agaciro kuri buri munyarwanda yaba abyemera cyangwa abyemera urwanda hari aho rugeze rwiyubaka.gusa IMANA IKOMEZE KUTUBA HAFI

amurt yanditse ku itariki ya: 30-05-2013  →  Musubize

Iyo mbonye muzehe uburyo aserukana isheja, ndanezererwa pe! Ikindi mukundira ni uko iyo hari bibazo runaka, ukabimushyikiriza, abishakira ibisubizo. Ntimukirirwe rero muvugira mu ntamatama cyangwa mutukana ahubwo mujye mumugezaho ibitagenda, wenda munamuhe proposals y’uko byakemuka, murebe ko atabikoraho,bipfa kuba byubaka u Rwanda gusa. God bless our president.

munezero yanditse ku itariki ya: 20-05-2013  →  Musubize

Uri rudasumbwa komerezaho

yanditse ku itariki ya: 19-05-2013  →  Musubize

Tulifuza ko abavuga ibikorwa n’ibyiza bya nyakubahwa prezida Kagame, bahabwa umwanya uhagije wo kuvuga mugihe nka kiliya cya Rwanda day ntibamburwe micro n’abavuga ubusa. Abanzi b’amahoro n’abakunzi bose bakabyumva ndetse n’abatabizi, tukimufite .Hali abantu benshi bafite ubuhamya bwiza kuli we,ntago bazabutanga nyuma ya 2017, kandi birakwiye ko abanyamahanga bumva ko abanyarwanda bakunda umukuru wabo,ntibagumize kumva gusa abasenya, n’abasebanya gusa.

Marina yanditse ku itariki ya: 19-05-2013  →  Musubize

Umunsi wakataraboneka mu buzima bw’abanyarwanda bo mu Rwanda no kw’isi yose.

Marguerite Nzeyimana yanditse ku itariki ya: 19-05-2013  →  Musubize

haaaaa uyu yunusu biragaragara ko ashaka ko ibyo yakoze murwanda yibye amabanke babihanagura se haaaaaa inkuru muyitambutse nibisambose bizihisha inyuma ya RNC ngo byitanydukanyije nayo bacungeneza haaaaaa
ntimunyonge inkuru koko irubaka ntisenya abanze yishyure mbere yogusaba imbabazi

kiyoni yanditse ku itariki ya: 19-05-2013  →  Musubize

haaaaa uyu yunusu biragaragara ko ashaka ko ibyo yakoze murwanda yibye amabanke babihanagura se haaaaaa inkuru muyitambutse nibisambose bizihisha inyuma ya RNC ngo byitanydukanyije nayo bacungeneza haaaaaa
ntimunyonge inkuru koko irubaka ntisenya abanze yishyure mbere yogusaba imbabazi

kiyoni yanditse ku itariki ya: 19-05-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka