RWANDA DAY YAGARUTSE! Twibukiranye izabanje uko byari byifashe

Kuwa gatandatu tariki 3 Ukwakira 2015, Abanyarwanda baba hanze bazahurira mu Buholandi mu birori ngarukamwaka bya Rwanda Day basangira ibyishimo.

Uyu munsi watangiye kwizihizwa mu 2011, umenyerewe guhuza Perezida Kagame n’imbaga y’Abanyarwanda baba hanze baganira ndetse banungurana inama ku cyateza u Rwanda imbere. Buri mwaka ibi birori bibera mu mujyi utandukanye.

Uyu mwaka Rwanda Day irabera mu Buholandi.
Uyu mwaka Rwanda Day irabera mu Buholandi.

Twabahitiyemo amwe mu mafoto agaragaza uko ibi birori byagiye bigenda buri mwaka kuva byatangira.

Rwanda Day Chicago, 2011

Perezida Kagame niwe uba ari umushyitsi mukuru. Aha yarimo kuvuga ijambo mu birori bya Rwanda Day ya mbere yabereye mu mujyi wa Chicago muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.
Perezida Kagame niwe uba ari umushyitsi mukuru. Aha yarimo kuvuga ijambo mu birori bya Rwanda Day ya mbere yabereye mu mujyi wa Chicago muri Leta zunze Ubumwe za Amerika.
Buri wese ahabwa umwanya agatanga igitekerezo cyangwa akabaza ikibazo afite.
Buri wese ahabwa umwanya agatanga igitekerezo cyangwa akabaza ikibazo afite.
Abanyarwanda bari babyitabiriye ari benshi.
Abanyarwanda bari babyitabiriye ari benshi.
Abenshi mu babyitabira baba ari abacuruzi n'abandi bafite cyangwa bashaka kumva imishinga baza gukorera mu gihugu.
Abenshi mu babyitabira baba ari abacuruzi n’abandi bafite cyangwa bashaka kumva imishinga baza gukorera mu gihugu.
Abanyamahanga nabo ntibaba batanzwe.
Abanyamahanga nabo ntibaba batanzwe.
Imyidagaduro iba ari yose. Aha abahanzi Alpha rwirangira n'umucuranzi Mihigo Chouchou bari gususurutsa abari mu birori.
Imyidagaduro iba ari yose. Aha abahanzi Alpha rwirangira n’umucuranzi Mihigo Chouchou bari gususurutsa abari mu birori.
Imbyino gakondo nazo ziri mu ziba zishimiwe n'abari muri Rwanda Day.
Imbyino gakondo nazo ziri mu ziba zishimiwe n’abari muri Rwanda Day.
Abahanzi Nyarwanda bari bagezweho icyo gihe bari babukereye.
Abahanzi Nyarwanda bari bagezweho icyo gihe bari babukereye.
Nyuma y'ibirori ababyitabiriye bose bagira umwanya wo gusangira no kuganira.
Nyuma y’ibirori ababyitabiriye bose bagira umwanya wo gusangira no kuganira.

Rwanda Day Paris, 2011

Abitabiriye ibirori bya Perezida Kagame ahura n'Abanyarwanda baba mu Bifaransa bari bazindutse kare.
Abitabiriye ibirori bya Perezida Kagame ahura n’Abanyarwanda baba mu Bifaransa bari bazindutse kare.
Bamwe bagize n'umwanya wo kugaragariza amahanga icyo batekereza kuri Perezida Kagame, babinyujije mu rugendo.
Bamwe bagize n’umwanya wo kugaragariza amahanga icyo batekereza kuri Perezida Kagame, babinyujije mu rugendo.
Perezida Kagame yahuye n'Abanyarwanda baba mu Bufaransa nyuma yo kugirana ibiganiro na Perezida w'u Bufaransa wari uriho icyo gihe Nicolas Sarkozy.
Perezida Kagame yahuye n’Abanyarwanda baba mu Bufaransa nyuma yo kugirana ibiganiro na Perezida w’u Bufaransa wari uriho icyo gihe Nicolas Sarkozy.
Perezida Kagame akigera aho ibirori byabereye yasanze ashagawe n'imbaga nyinshi.
Perezida Kagame akigera aho ibirori byabereye yasanze ashagawe n’imbaga nyinshi.
Abanyarwanda bagaragazaga akanyamuneza mu gihe ibirori byabaga.
Abanyarwanda bagaragazaga akanyamuneza mu gihe ibirori byabaga.
Wari n'umwanya wo kongera guhura kuri bamwe batari baherukanye. Aha Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga yaganiraga na bamwe mu batuye mu Bufaransa.
Wari n’umwanya wo kongera guhura kuri bamwe batari baherukanye. Aha Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga yaganiraga na bamwe mu batuye mu Bufaransa.
Nyuma y'ijambo rya Perezida Kagame, yafashe n'umwanya wo gusubiza ibibazo by'amatsiko abitabiriye ibi birori bamubazaga.
Nyuma y’ijambo rya Perezida Kagame, yafashe n’umwanya wo gusubiza ibibazo by’amatsiko abitabiriye ibi birori bamubazaga.
Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda baba mu Bufaransa ko bakwiye kwihesha agaciro kandi bagakunda n'igihugu cyabo.
Perezida Kagame yabwiye Abanyarwanda baba mu Bufaransa ko bakwiye kwihesha agaciro kandi bagakunda n’igihugu cyabo.
Ibi birori byari byitabiriwe n'Abanyamahanga bashaka kumva ku mabanga y'iterambere ry'u Rwanda.
Ibi birori byari byitabiriwe n’Abanyamahanga bashaka kumva ku mabanga y’iterambere ry’u Rwanda.
Umuhanzi Kitoko ari mu bashyuhije abantu kuri uwo munsi.
Umuhanzi Kitoko ari mu bashyuhije abantu kuri uwo munsi.

Rwanda Day London, 2013

Perezida Kagame yongeye guhura n'Abanyarwanda mu mujyi wa Londres mu kindi gikorwa cya Rwanda day, aho Abanyarwanda baba mu Bwongereza n'abaturutse ahandi bahahuriye bagasabana.
Perezida Kagame yongeye guhura n’Abanyarwanda mu mujyi wa Londres mu kindi gikorwa cya Rwanda day, aho Abanyarwanda baba mu Bwongereza n’abaturutse ahandi bahahuriye bagasabana.
Abanyarwanda bahuriye i Londres bari bizihiwe
Abanyarwanda bahuriye i Londres bari bizihiwe
Madame jeannette Kagame nawe yari mu bitabiriye ibyo birori.
Madame jeannette Kagame nawe yari mu bitabiriye ibyo birori.
Abitabiriye ibirori bari benshi.
Abitabiriye ibirori bari benshi.
Intore Masamba nkuko bisanzwe nityahatanzwe mu gususurutsa abari bari mu birori.
Intore Masamba nkuko bisanzwe nityahatanzwe mu gususurutsa abari bari mu birori.
Abo bahanzi bacurangisha gitari nabo bagaragaje ubuhanga bwabo.
Abo bahanzi bacurangisha gitari nabo bagaragaje ubuhanga bwabo.
Perezida Kagame mu mpanuro ze yavuze ko Abanyarwanda baba hanze bagomba kwibuka iwabo.
Perezida Kagame mu mpanuro ze yavuze ko Abanyarwanda baba hanze bagomba kwibuka iwabo.
Perezida Kagame yafashe n'umwanya wwo gusubiza ibibazo byabajijwe no kungurana ibitekerezo n'Abanyarwanda baba hanze.
Perezida Kagame yafashe n’umwanya wwo gusubiza ibibazo byabajijwe no kungurana ibitekerezo n’Abanyarwanda baba hanze.

Rwanda Day Toronto, 2013

Rwanda Day yari isubiye ku mugabane wa Amerika mu gihugu cya Canada mu mujyi wa Toronto.
Rwanda Day yari isubiye ku mugabane wa Amerika mu gihugu cya Canada mu mujyi wa Toronto.
Abanyarwanda n'inshuri z'u Rwanda bari bateraniye mu mujyi wa Toronto.
Abanyarwanda n’inshuri z’u Rwanda bari bateraniye mu mujyi wa Toronto.
Abanyarwanda baba muri Canada ni uku bari babukereye.
Abanyarwanda baba muri Canada ni uku bari babukereye.
Abanyamahanga bakunda u Rwanda nabo bari baje kwihera ijisho ibirori Nyarwanda.
Abanyamahanga bakunda u Rwanda nabo bari baje kwihera ijisho ibirori Nyarwanda.
Ubwitabire bwari ubwo.
Ubwitabire bwari ubwo.
Perezida Kagame yasanze ategerezanyijwe urugwiro n'Abanyarwanda baba Canada.
Perezida Kagame yasanze ategerezanyijwe urugwiro n’Abanyarwanda baba Canada.
Perezida Kagame ageza ijambo ku bitabiriye ibirori.
Perezida Kagame ageza ijambo ku bitabiriye ibirori.
Perezida Kagame yafashe n'umwanya wo kungurana ibitekerezo n'Abanyarwanda baba hanze.
Perezida Kagame yafashe n’umwanya wo kungurana ibitekerezo n’Abanyarwanda baba hanze.

Rwanda Day Dallas, 2014

Utwo ni tumwe mu dushya twaranze Rwanda Day yabereye i Dallas.
Utwo ni tumwe mu dushya twaranze Rwanda Day yabereye i Dallas.
Uyu mwana muto yifuje guhura na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame.
Uyu mwana muto yifuje guhura na Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame.
Nyuma y'Ibirori nyirizina byaranzwe n'ubusabane no gusangira amafunguro
Nyuma y’Ibirori nyirizina byaranzwe n’ubusabane no gusangira amafunguro
Urubyiruko rwahawe umwanya rugaragaza ibitekerezo byarwo.
Urubyiruko rwahawe umwanya rugaragaza ibitekerezo byarwo.
Abo bakobwa bashimishije benshi mu muvugo w'ubuhanga.
Abo bakobwa bashimishije benshi mu muvugo w’ubuhanga.
Umuyobozi wa Leta ya Atlanta Rwanda Day yabereyemo nawe yari yitabiriye.
Umuyobozi wa Leta ya Atlanta Rwanda Day yabereyemo nawe yari yitabiriye.
Umuyobozi w'ikigo k'igihugu k'imiyoborere Prof Shyaka Anastase ayoboye gahunda.
Umuyobozi w’ikigo k’igihugu k’imiyoborere Prof Shyaka Anastase ayoboye gahunda.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

Rwandaday tuba tuyitegereje turi benshi kuko tuhungukira byinshi tukanamenya aho igihugu cyacu kigeze mwiterambere

ikibasumba yanditse ku itariki ya: 30-09-2015  →  Musubize

genda rwanda uri nziza. ibi ntako bisa kubona abatuye igihugu basura bene wabo imahanga. abazashaka kudutanya ntaho bazanyura Paul kagame yararwubatse kabisa

sumwiza yanditse ku itariki ya: 30-09-2015  →  Musubize

Perzida KAGAME yaje mu Rwanda mugihe gikwiye, aje kurwubaka koko

MASAZIROMEZA yanditse ku itariki ya: 29-09-2015  →  Musubize

Rwanda nziza nkundira nkuririmbe,.....we are proud of you,
ariko umusaza ntako aba atagize kubakorera kugeza naho abasanga mumahanga, nakomeze kabisa ntakizamukoma munkokora Imana dusenga irahali.

kabagambe yanditse ku itariki ya: 29-09-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka