Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
#Kwibuka30: Bashimye ubutwari bw’abayoboraga Seminari Nto ya Ndera mu gihe cya Jenoside
RDC: Haravugwa ibikorwa byo kugerageza guhirika ubutegetsi
Minisiteri y’Ubuzima yibukiye muri CHUB Jenoside yakorewe Abatutsi
Arsenal irakora ibitangaza cyangwa Manchester City ikore amateka : Ibyo kwitega