Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
U Rwanda rwanyomoje Human Rights Watch ku mukozi wayo wangiwe kwinjira mu gihugu
Imbogo zirindwi zatorotse Pariki zikomeretsa abaturage, eshatu ziricwa
Ibikorwa by’umuco n’ubugeni byabafashije gukira ibibazo byo mu mutwe
Ibihugu bifite ibyo bitaruzuza mu Muryango w’Ubukungu wa ECCAS bikomeje kuganirizwa